spot_img

Ibidukikije

Amakuru Bijyanye

Nyamasheke: Ubwato bw’Abanyekongo bwarohamye mu Kivu bavuye guhaha

Ubwato bw'Abanyekongo bari bavuye kugura amatungo mu karere ka Nyamasheke bwakoze impanuka maze burohama mu Kivu bituma amwe mu matungo apfa. Aba banyekongo bari bavuye...

Gakenke: Abasengeraga mu misozi bakubiswe n’inkuba bamwe muri bo bitaba Rugira

Mu gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 15 Gashyantare 2024 abantu batandatu bari bagiye mu masengesho ahazwi nko ku Giti k'Ishaba bakubiswe n'inkuba...

KIGALI: Impinduka mu biciro by’ingendo

Mu busanzwe ibiciro byishyurwa mu ngendo zo mu Mujyi wa Kigali habaho nkunganire ya Leta ituma abaturage badahendwa mu ngendo, gusa biteganywa ko iyi...

IBURENGERAZUBA: Bamwe barakizera uburyo bwo kwirinda inkuba mu muco gakondo

Hari abaturage bamwe bo mu Ntara y'Iburengerazuba bo mu turere twa Rubavu na Rutsiro bavuga ku buryo bakoreshaga bwo kwirinda ko inkuba zikubita abantu...

Umuhanuzi yahanuye urupfu rwa Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin muri uyu mwaka wa 2024

Umuhanuzi wo mu Bwongereza muri Southampton, Craig Hamilton-Parker wahanuye ibirimo icyorezo cya COVID-19, Kwivana mu muryango wunze Ubumwe w'Uburayi k'ubwami bw'Ubwongereza (Brexit), kuba Perezida...

FRANCE: Abahinzi bari mu myigaragambyo yamagana kudahabwa agaciro

Abahinzi bo mu Bufaransa bakoze imyigaragambyo yamagana uburyo badahabwa agaciro muri iki gihugu ndetse n'umusaruro wabo ukagurwa amafaranga make nyamara imisoro yabo ihanitse. Umwuga w'ubuhinzi...

Ubwato bwa mbere bunini ku isi butwara abantu bwatangiye urugendo

Kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 ubwato bwa ‘Icon of the Seas’ bwa mbere bunini ku isi mu gutwara abantu bwatangiye urugendo...

IBIDUKIKIJE: UBUZIMA BW’INGONA ZO MU BUSHINWA BURI MU KANGARATETE

Hashize igihe kigera ku cyumweru imiyaga yo mu nyanja yibasira igice cy'Aziya y'amajyepfo kirimo Ubushinwa, Hong Kong, Taiwan n'Ubuyapani, ni imiyaga yiswe Typhhoon Haikui....

AMAKURU: AMAZINA IBYAMAMARE BITANDUKANYE BYISE INGAGI

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 1 Nzeri 2023 habaga umuhango wo "Kwita Izina" ku nshuro yawo ya 9. Ni abana b'ingangi bagera kuri...

Afrika y’epfo: Intare ebyiri zera zariye shebuja

Umugabo wo muri Afurika y'Epfo yapfuye nyuma y'uko intare z'umweru zimuriye ejo ku wa gatatu. West Mathewson asanzwe afite inzu yakira abakerarugendo (Lodge) izwi cyane...

Bwa mbere urwanda rwakiriye inkura 5 zivuye iburayi zije kuba mu rwanda 

Ku nshuro ya mbere mu mateka habaye iyimurwa ry'inkura z'umukara eshanu zavuye muri kilimetero 6000 zizanwa mu cyanya cy'Akagera mu Rwanda. Izi nkura (rhinocéros) zageze...

Follow us