spot_img

Amakuru

Amakuru Bijyanye

Abakora ubukwe baragabanutse muri 2025 ugereranyije na 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko mu mwaka ushize wa 2025 abakora ubukwe mu Rwanda bagabanutse ugeraranyije n'umwaka wa 2024 aho bavuye ku 52,878...

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye gutumbagira nyuma y’iminsi 13 gusa bizamutse

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri...

UCL: Perezida Kagame yashimiye amakipe aterwa inkunga na Visit Rwanda yageze muri 1/2

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashimiye amakipe 3 aterwa inkunga na Visit Rwanda arimo Arsenal, Paris Saint Germain na Atletico Madrid...

Amashuri Makuru ya Gisirikare, Polisi n’ay’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iperereza n’Umutekano byahurijwe hamwe muri Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda

Tariki 10 Mata 2026 hashyizwe hanze itegeko rishyiraho Kaminuza ya Gisirikare y'u Rwanda, National Defence University-Rwanda (NDU-R) ihurirwamo amashuri makuru ya Gisirikare, Polisi n'ay'Urwego...

“Nk’aba sportif duhitemo kuba inkingi y’ubwiyunge n’iterambere.” Ubutumwa bwa Perezida wa FERWAFA, Shema mu gihe cyo kwibuka

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryifatanyije n'abanyarwanda muri rusange kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. FERWAFA yatanze ubutumwa bwo kwifatanya...

Perezida Paul Kagame yacanye urumuri rw’icyizere mu mugoroba wo #Kwibuka32

Perezida w'u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yacanye urumuri rw'icyizere mu mugoroba wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Umuhango...

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byiyongereye bigira ingaruka no ku biciro by’ingendo

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatandatu tariki 4 Mata 2026, yaba ibiciro bya...

BNR yatangaje igihe ntarengwa cyo gukoresha inoti zishaje

Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR yatangaje ko bitarenze amezi 12 uhereye tariki 2 Werurwe 2026 inote z'amafaranga y'u Rwanda zishaje zizata agaciro bityo abazifite...

Umunyamakuru wakoreraga RBA Mukamabano Gloria yasezeye 

Mukamabano Gloria wamenyekanye cyane nk'umunyamakuru usoma amakuru kuri Televiziyo y'Igihugu (RTV) yasezeye kuri uyu wa kane tariki 26 Gashyantare 2026. Mukamabano yaramaze imyaka 9 mu...

Umwarimu ka Kaminuza yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwafunze Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b'abakobwa abashukisha amafaranga. RIB yavuze ko iperereza...

Gahunda ya TDS izageza u Rwanda mu Gikombe cy’Isi cya 2028

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ku mugaragaro gahunda ya TDS - Talent Development Scheme igamije kuzamura impano z'abakinnyi bakiri bato yitezweho gutanga...

Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi azira ibiyobyabwenge

Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge biri mu bwoko bw'urumogi. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B.Thierry...

Nsoneye Emmanuel wari umugenzuzi muri Rwanda FDA yatawe muri yombi

Nsoneye Emmanuel wari unugenzuzi mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw'Ibiribwa n'Imiti (Rwanda FDA) yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cya ruswa n'icyaha cyo kumena ibanga...

RBA yujuje abantu miliyoni bayikurikira (Subscribers) kuri YouTube

Ikigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru mu Rwanda, RBA cyujuje miliyoni y'abagikurikira (Subscibers) ku rubuga rwa YouTube byatumye gihabwa igihembo cya zahabu (Golden Plaque) gihabwa shene ya...

Follow us