spot_img

Imibereho

Amakuru Bijyanye

Kenya: Umurambo umaze amezi 7 mu bushyinguro bw’ibitaro warabuze uwushyingura

Umurambo wa Violet Olinga umaze amezi agera muri arindwi mu bushyinguro (Morgue) bw'ibitaro bya Kenyatta National Hospital (KNH) kuko umuryango we wabuze amafaranga yo...

Umwana wa Pasiteri Gabriel Ngamije yabonetse nyuma yo kubura yagiye kwidumba

Hari hashize amasaha 15 hashakishwa umwana w'umuhangu wa Pasiteri Gabriel NGAMIJE wari warabuze ubwo yaravuye ku ishuri. Uyu mwana w'umuhungu w'imyaka 10 y'amavuko witwa NGAMIJE...

Nyamasheke: Ubwato bw’Abanyekongo bwarohamye mu Kivu bavuye guhaha

Ubwato bw'Abanyekongo bari bavuye kugura amatungo mu karere ka Nyamasheke bwakoze impanuka maze burohama mu Kivu bituma amwe mu matungo apfa. Aba banyekongo bari bavuye...

Tour-du-Rwanda: RIB igiye guhagurukira ikibazo cya ruswa y’igitsina ivugwa muri iri siganwa

Nyuma y'ibibazo bya ruswa bivugwa mu irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare, Tour du Rwanda, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rugiye gukora iperereza...

UBUZIMA: Pseudocyesis indwara yo kwibeshyera ko utwite

Indwara ya Pseudocyesis banita False pregnancy cyangwa phantom pregnancy (Grossesse fantôme) ni indwara aho igitsinagore kibeshyera ko cyasamye (gutwita) ndetse ibimenyetso byo gusama bikagaragara...

IBURENGERAZUBA: Bamwe barakizera uburyo bwo kwirinda inkuba mu muco gakondo

Hari abaturage bamwe bo mu Ntara y'Iburengerazuba bo mu turere twa Rubavu na Rutsiro bavuga ku buryo bakoreshaga bwo kwirinda ko inkuba zikubita abantu...

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yahuye na Papa Francis i Vatican

Ku munsi w'ejo nibwo Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yahuye na Nyirubutungane Papa Francis i Vatican mu ruzindiko rw'akazi rw'iminsi ibiri ari kugirira...

Gutera akabariro byabaye ingorabahizi kubera gucumbikirwa ari benshi mu nzu

Mu mudugudu wa Bunyove, akagari ka Bahungwe, umurenge wa Mudende, akarere ka Rubavu hari imiryango icumi (10) irira ayo kwarika kubera gucumbikirwa mu nzu...

Umugabo yibye banki idorali 1 ngo akunde yivuze ku buntu

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yaremeye yiba $1 agamije gufungwa ngo abone ubuvuzi yarakeneye ku buntu. Ibi byabaye tariki 9 Kamena 2011 bikozwe...

Menya impamvu ari byiza gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo

N'ubwo ntawahakana ko ari byiza kubyuka mu gitondo umuntu akanywa icyayi cyangwa ikawa gusa burya ngo ubundi buryo bwiza bwo gutangira umunsi ni ugukora...

KIREHE: Baribaza impamvu bimwe ibyangombwa nyamara hari ababihawe

Hari abaturage batujwe mu mudugudu rusange wa Cyambwe mu karere ka Kirehe bibaza impamvu bamwe muri bo bahawe ibyangombwa by'abatujwe nyamara bo ntibabihabwe. Muri Gashyantare...

NGOMA – RWAMAGANA: Abantu 6 bahitanywe n’impanuka y’ubwato

Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2024 ubwato bwavaga mu karere ka Ngoma bwerekeza mu karere ka Rwamagana bwarohamye mu kiyaga cya Mugesera,...

Ni iki wakora ngo ugere ku munezero n’ibyishimo?

Benshi mu buzima usanga babaho ariko ntabyishimo birangwa mu buzima bwabo n'umunezero ari inzozi kuri bo. Izi ni ingingo 6 zibanze zagufasha kugera ku...

GAKENKE: Abana b’abanyeshuri bakubiswe n’inkuba ku bw’amahirwe bararokoka

Ahagana saa saba n'igice zo kuri uyu wa kane tariki ya 25 Mutarama 2024 mu karere ka Gakenke, umurenge wa Rusasa inkuba yakubise abana...

Follow us