spot_img

AMAKURUMASHYA

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo. Mu butumwa...

BNR yatangaje igihe ntarengwa cyo gukoresha inoti zishaje

Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR yatangaje ko bitarenze amezi 12 uhereye tariki 2 Werurwe 2026 inote z'amafaranga y'u Rwanda zishaje zizata agaciro bityo abazifite bashishikarizwa kwihutira kuzihinduza ku bigo by'imari bibegereye mu gihe...

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo. Mu butumwa bwe yagize ati,"Muraho mwese, birababaje kuko wa munsi wageze. Iki ni igice cya mbere cyo kubasezera, nzasohoka muri Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira. Ndatangira mbabwira ukuntu ntigeze ntekereza uburyo iyi kipe, uyu mujyi, aba bantu, bizaba igice gikomeye mu buzima bwange. Liverpool ntabwo ari ikipe y'umupira wamaguru gusa, ahubwo ni ibyiyumviro, ni amateka, ni roho, mbese sinzi uko nabisobanurira mu magambo umuntu utaba muri iyi kipe." Yakomeje agira ati,"Twishimiye intsinzi, twatwaye ibikombe by'ingenzi kandi twarafatanyije mu gihe...

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool...

Check out other categories:

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24...

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo. Mu butumwa...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

Bidasubirwaho Mohamed Salah azatandukana na Liverpool 

Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool...

BNR yatangaje igihe ntarengwa cyo gukoresha inoti zishaje

Banki Nkuru y'u Rwanda, BNR yatangaje ko bitarenze amezi 12 uhereye tariki 2 Werurwe 2026 inote z'amafaranga y'u Rwanda zishaje zizata agaciro bityo abazifite...

Minisitiri Nelly Mukazayire yasuye RSSB Tigers izahagararira u Rwanda muri BAL 2026

Kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, Minisitiri wa Siporo, Madamu Nelly Mukazayire yasuye ikipe ya RSSB ikomeje imyiteguro yitegura kuzahagararira u Rwanda...

Volleyball Playoffs 2026: Police WVC irisobanura na Kepler WVC mu mukino ushobora kuyigeza ku mukino wa nyuma

Kuri uyu wa gatatu tariki 25 Werurwe 2026 muri Petit Stade hategerejwe umukino wa kane wa 1/2 ugomba guhuza ikipe ya Police na Kepler...

Volleyball: APR WVC, Police VC na REG VC zateye intambwe igana ku mukino wa nyuma

Amakipe ya APR mu bagore na Police na REG mu bagabo zateye intambwe igana ku mukino wa nyuma w'imikino ya kamarampaka (Playoffs) ya volleyball...