Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo.
Mu butumwa...
Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo.
Mu butumwa bwe yagize ati,"Muraho mwese, birababaje kuko wa munsi wageze. Iki ni igice cya mbere cyo kubasezera, nzasohoka muri Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira. Ndatangira mbabwira ukuntu ntigeze ntekereza uburyo iyi kipe, uyu mujyi, aba bantu, bizaba igice gikomeye mu buzima bwange. Liverpool ntabwo ari ikipe y'umupira wamaguru gusa, ahubwo ni ibyiyumviro, ni amateka, ni roho, mbese sinzi uko nabisobanurira mu magambo umuntu utaba muri iyi kipe."
Yakomeje agira ati,"Twishimiye intsinzi, twatwaye ibikombe by'ingenzi kandi twarafatanyije mu gihe...
Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool...
Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool uyu mwaka w'imikino nurangira nyuma y'imyaka 9 yarayimazemo.
Mu butumwa...
Abanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, umunya-Misiri Mohamed Salah yatangaje ko azatandukana na Liverpool...
Kuri uyu wa kabiri tariki 24 Werurwe 2026, Minisitiri wa Siporo, Madamu Nelly Mukazayire yasuye ikipe ya RSSB ikomeje imyiteguro yitegura kuzahagararira u Rwanda...