Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje igihe amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (PLE) n’ibya O-Level by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 azatangarizwa.
Mu itangazo NESA yashyize ahagaragara ku wa 15 Kanama 2026, yatangaje ko amanota y’ibi bizamini azatangazwa ku wa Kane, tariki ya 20 Kanama 2026, saa 2:00 z’amanywa.
Aya manota areba abanyeshuri bakoze ibizamini bya Primary Leaving Examination (PLE) ndetse n’abakoze ibizamini bya Ordinary Level (O-Level) mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026.
NESA yatangaje ko umuhango wo gutangaza aya manota uzanyuzwa ku murongo wa YouTube wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ndetse no ku wa NESA, bityo abanyeshuri, ababyeyi n’abarezi bakazashobora gukurikirana itangazwa ryayo.
Ibizamini bya PLE na O-Level by’umwaka wa 2025/2026 byakozwe...
Stromae ni umwe mu bahanzi bakomoka mu Bubiligi bamamaye cyane ku rwego mpuzamahanga, ariko amateka y’umuryango we amuhuza cyane n’u Rwanda. Uyu muhanzi yamenyekanye...
Kuva Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryakwemerwa n'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, mu 1976 rimaze kuyoborwa n'abayobozi 16 uhereye kuri Dr Gasarasi...
Mu Burayi inka yatorotse mu aho yarororerwaga, itangira kugenda yerekeza mu mujyi aho imodoka nyinshi n’abantu bari bari mu mirimo yabo ya buri munsi.
Abaturage...