‎Ku wa 13 Kanama 2026, urukiko rwo muri Nebraska muri Amerika rwakatiye Deron Lewis-Payne, ufite imyaka 23, igifungo cy’amezi 121, angana n’imyaka hafi 10 n’amezi 1, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano n’ubujura bwa banki.
‎Ubujura bwabaye ku wa 10 Gashyantare 2026 kuri i3Bank i Omaha. Uwo mugabo yafashe amafaranga agera kuri $9,175 ni ukuvuga 13,531,338.708frw , ariko igice cyayo cyaje gufatwa n’abashinzwe umutekano. Amashusho ya camera zo kuri banki ndetse n’iz’ahandi yari yanyuze yafashije abagenzacyaha kumukurikirana. ‎
‎Ikintu cyatangaje cyane abagenzacyaha ni uko, nyuma yo gufatwa, telefoni ye yasuzumwe maze basangamo ibiganiro yagiranye na ChatGPT bifitanye isano no gutegura ubwo bujura. Abashinjacyaha bavuze ko yakoresheje ChatGPT mu gushaka amakuru ajyanye n’icyo...
CECAFA Kagame Cup 2026 yasize amateka akomeye mu mupira w’amaguru wo muri Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku Rwanda. Rayon Sports FC yegukanye igikombe nyuma...
Uwa mbere muri P6 yabonye 99.6%, abandi barindwi bamukurikira banganya 99.4% Ni mu gihe Abanyarwanda benshi bakomeje gusoma no kuganira ku manota y’ibizamini bya...