spot_img

AMAKURUMASHYA

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida...

MENYA UKO UBWIRAKABIRI BW’UKWEZI BUBA

Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’igice, aho igice kinini cy’ukwezi cyinjiye mu gicucu cy’Isi. NASA yatangaje ko ubu bwirakabiri bwabaye hagati ya tariki ya 27 na 28...

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida Kagame yamubwiye amagambo yasekeje benshi ati: “I’ll give you two” bivuze ko yari amuhaye amafoto abiri. Ibi byabereye i Kigali ku wa 24 Kanama 2026. Ubwo Crazy Kennar yari yitabiriye Africa Mindset Reset Forum yabereye muri Kigali Convention Centre. Crazy Kennar, umwe mu bakora amashusho y’urwenya bakunzwe cyane muri Afurika, yabonye umwanya wo kwegera Perezida Kagame maze amubwira ko yari afite inkuru yihariye yashakaga kumugezaho. Uyu munyakenya yavuze ko akazi akora ko gutegura amashusho no gukora ‘content’ kamaze kumugeza...

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali,...

Check out other categories:

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy...

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

MENYA UKO UBWIRAKABIRI BW’UKWEZI BUBA

Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye...

Umugabo wakoresheje ChatGPT mu gutegura ubujura bwa banki, yakatiwe imyaka 10

‎Ku wa 13 Kanama 2026, urukiko rwo muri Nebraska...

Abakinnyi 10 bari kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurisha muri 2026

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi muri 2026 rikomeje kuvugisha benshi...

Crazy Kennar yahuriye na Perezida Kagame i Kigali, amusaba ‘selfie’ ahabwa amafoto abiri

Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali,...

MENYA UKO UBWIRAKABIRI BW’UKWEZI BUBA

Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’igice, aho igice kinini cy’ukwezi cyinjiye mu gicucu cy’Isi. NASA yatangaje ko ubu...

Umugabo wakoresheje ChatGPT mu gutegura ubujura bwa banki, yakatiwe imyaka 10

‎Ku wa 13 Kanama 2026, urukiko rwo muri Nebraska muri Amerika rwakatiye Deron Lewis-Payne, ufite imyaka 23, igifungo cy’amezi 121, angana n’imyaka hafi 10...

Abakinnyi 10 bari kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurisha muri 2026

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi muri 2026 rikomeje kuvugisha benshi mu mupira w’amaguru ku isi. Amakipe akomeye aracyashaka kongera imbaraga mbere y’uko igihe cyo kugura...

CECAFA Kagame Cup 2026: Ibintu 10 by’ingenzi byaranze irushanwa Rayon Sports yegukanye nyuma y’imyaka 28

CECAFA Kagame Cup 2026 yasize amateka akomeye mu mupira w’amaguru wo muri Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku Rwanda. Rayon Sports FC yegukanye igikombe nyuma...