Abantu barindwi bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu nyuma y’uko kajugujugu yakoreshwaga mu rugendo rw’ubukerarugendo iguye mu gace ka Samburu County, mu majyaruguru ya Kenya. Iyi mpanuka yabaye ku wa 19 Kanama 2026, hafi...
Uwa mbere muri P6 yabonye 99.6%, abandi barindwi bamukurikira banganya 99.4% Ni mu gihe Abanyarwanda benshi bakomeje gusoma no kuganira ku manota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abanyeshuri bakoze neza kurusha abandi bamaze kumenyekana.
Mu bizamini bya Primary Leaving Examinations (P6) by’umwaka w’amashuri 2025/2026, Rwego Mutijima Bruno Rick ni we wahize abandi ku rwego rw’igihugu, aho yabonye 99.6%.
Amakuru yatangajwe ku byavuye mu bizamini agaragaza kandi ko hari abandi banyeshuri barindwi banganyije 99.4%, bikaba byabashyize ku mwanya wa kabiri.
Rwego Mutijima Bruno Rick ni we waje ku mwanya wa mbere mu banyeshuri bose bakoze P6 mu mwaka w’amashuri 2025/2026.Yigaga muri École Internationale La Racine mu Karere ka...
Uwa mbere muri P6 yabonye 99.6%, abandi barindwi bamukurikira banganya 99.4% Ni mu gihe Abanyarwanda benshi bakomeje gusoma no kuganira ku manota y’ibizamini bya...
Uwa mbere muri P6 yabonye 99.6%, abandi barindwi bamukurikira banganya 99.4% Ni mu gihe Abanyarwanda benshi bakomeje gusoma no kuganira ku manota y’ibizamini bya...
Abantu barindwi bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu nyuma y’uko kajugujugu yakoreshwaga mu rugendo rw’ubukerarugendo iguye mu gace ka Samburu County, mu majyaruguru ya Kenya....
Meta, nyiri Facebook na Instagram, yatangaje ko yakuyeho konti zirenga 756,000 zaketsweho kuba ari iz’abana bari munsi y’imyaka 16 muri Australia.
Iki cyemezo cyafashwe mu...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Rema, uzwi muri Afrobeats, yaguze inzu mu mushinga w’amazu y’akataraboneka wa One by Binghatti i Business Bay, Dubai.
Amasezerano yasinyiwe kuri Grand Hyatt...