Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino wabonetsemo ibitego 9 byose wa 1/2 cy'irangiza muri UEFA Champions League wahuje Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na Bayern Munich yo mu...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino wabonetsemo ibitego 9 byose wa 1/2 cy'irangiza muri UEFA Champions League wahuje Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na Bayern Munich yo mu Budage.
Perezida Kagame yagaragaye muri Sitade ya Paris Saint Germain, Parc des Princes, yicaranye na Perezida w'iyi kipe Nasser bin Ghanim Al-Khelaifi.
Paris Saint Germain inafite igikombe giheruka cya UEFA Champions League isanzwe iba mu mikoranire n'u Rwanda binyuze muri gahunda na Visit Rwanda kandi na Bayern Munich yahoze mu mikoranire n'u Rwanda n'ubundi binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda.
Uyu mukino wahuje Paris Saint Germain na Bayern Munich wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 28...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino wabonetsemo ibitego 9 byose wa 1/2 cy'irangiza muri UEFA Champions League wahuje Paris Saint...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino wabonetsemo ibitego 9 byose wa 1/2 cy'irangiza muri UEFA Champions League wahuje Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na Bayern Munich yo mu...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino wabonetsemo ibitego 9 byose wa 1/2 cy'irangiza muri UEFA Champions League wahuje Paris Saint...
Ni ibisanzwe cyane ko umugore utwite yumva ananiwe cyangwa agakunda kwiruhutsa kenshi. Hari impamvu nyinshi zibitera, kandi akenshi si ikibazo gikomeye.
Dore zimwe mu mpamvu...
Amakipe yose ahagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagabo, CAVB Men's Club Championship 2026 yarenze amatsinda yerekeza...