Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa MIE, Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo gukora ubukwe na Nishimwe Liliane, umukunzi we bari bamaze igihe bakundana.
Ku wa 15 Kanama 2026,...
Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa MIE, Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo gukora ubukwe na Nishimwe Liliane, umukunzi we bari bamaze igihe bakundana.
Ku wa 15 Kanama 2026, ni bwo ubukwe bwabaye bubera muri Intare Arena i Kigali. Uyu munsi wabaye umwihariko kuri M. Irene, cyane ko azwi cyane mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, aho yanyuze mu bitangazamakuru bitandukanye mbere yo gukomeza ibikorwa bye muri MIE.
Ibirori byabo byahurije hamwe inshuti, abavandimwe , Ibyamamare bitandukanye  n’abantu bakorana M. Irene mu bikorwa bitandukanye.
Bimwe mubyamamare byatashye ubukwe bwa M.Irene na Liliane mu harimo Bruce Melodie, Chris Easy, Junior Rumaga, Phil Peter , Rocky Kimomo , Killaman, MC Nario...
Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa MIE, Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo gukora ubukwe na Nishimwe Liliane, umukunzi...
Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa MIE, Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo gukora ubukwe na Nishimwe Liliane, umukunzi we bari bamaze igihe bakundana.
Ku wa 15 Kanama 2026,...
Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa MIE, Murindahabi Irene uzwi nka M. Irene, yinjiye mu rugendo rushya rw’ubuzima nyuma yo gukora ubukwe na Nishimwe Liliane, umukunzi...
Meta, nyiri Facebook na Instagram, yatangaje ko yakuyeho konti zirenga 756,000 zaketsweho kuba ari iz’abana bari munsi y’imyaka 16 muri Australia.
Iki cyemezo cyafashwe mu...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Rema, uzwi muri Afrobeats, yaguze inzu mu mushinga w’amazu y’akataraboneka wa One by Binghatti i Business Bay, Dubai.
Amasezerano yasinyiwe kuri Grand Hyatt...