Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida...
Kuva muri Nzeri 2019, u Rwanda rumazekwakira abarenga 3,000 b’impunzin’abasaba ubuhungiro bavuye muri Libya, binyuze muri gahunda ya Emergency Transit Mechanism (ETM)ihuriweho n’u Rwanda, UNHCR na AU.
Kugeza ubu, 2,681 bamaze kwimurirwa mu bindi bihugu. Canada ni cyo cyakiriye benshi (927), igakurikirwa na France (332), Amerika (325), Sweden (297), Finland (271), Norway (229), Germany (132), Netherlands (94) na Belgium (72).
ETM yatangijwe mu 2019 kugira ngo abantu bari mu kaga muri Libya babanze bahabwe uburinzi mu Rwanda, mu gihe hategurwa kwimurirwa mu kindi gihugu, gusubira iwabo ku bushake cyangwa ikindi gisubizo kirambye.
Ni bande bakirwa? Abenshi bakomoka muri Sudan, Eritrea, South Sudan, Ethiopia na Somalia. Baba barahuye n’ibibazo bikomeye muri Libya, bityo...
Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’igice, aho igice kinini cy’ukwezi cyinjiye mu gicucu cy’Isi. NASA yatangaje ko ubu...