spot_img

AMAKURUMASHYA

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe...

Imanizabayo Emeline yegukanye umudari wa zahabu muri African Senior Athletics Championships 2026

Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ubaye uwa mbere bikamuhesha umudari wa zahabu mu mikino ya African Senior Athletics Championships iri kubera i Accra muri Ghana. Imanizabayo w'imyaka 30 yegukanye...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe na Brazil ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma naho mu batarengeje imyaka 13 u Rwanda rutsindwa n'Ubufaransa ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma. Umunyarwanda Ineza Ange Landry yegukanye igihembo cy'umukinnyi wahize abandi mu gutsinda ibitego byinshi nyuma yo gutsinda ibitego 17 mu cyiciro cy'abatarengeje imyaka 13. Mu cyiciro cy'abangavu, u Rwanda rwabashije kwegukana umwanya wa 3 mu batarengeje imyaka 15 nyuma yo gutsinda Ubufaransa kuri penaliti 3-1, nyuma y'uko umukino wari warangiye amakipe yombi anganyije 0-0. Aya marushanwa ahuza...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu...

Check out other categories:

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

Imanizabayo Emeline yegukanye umudari wa zahabu muri African Senior Athletics Championships 2026

Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa...

APR FC ishobora gusanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

APR FC ishobora gusanga ikipe ya Rayon Sports ku...

Perezida Museveni yarahiriye gukomeza kuyobora Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni w’imyaka 81 yarahiriye kuyobora Uganda...

UEFA yatangaje abasifuzi bazasifura umukino wa nyuma wa Champions League

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Burayi, UEFA, ryatangaje abasifuzi bazayobora...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu...

Imanizabayo Emeline yegukanye umudari wa zahabu muri African Senior Athletics Championships 2026

Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ubaye uwa mbere bikamuhesha umudari wa zahabu mu mikino ya African Senior Athletics Championships...

APR FC ishobora gusanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

APR FC ishobora gusanga ikipe ya Rayon Sports ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Amahoro 2026 mu gihe yabasha gusezerera ikipe ya Etincelles muri 1/2...

Perezida Museveni yarahiriye gukomeza kuyobora Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni w’imyaka 81 yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ye ya karindwi y’imyaka 5 izamugeza muri 2031 nyuma yo kuyitorerwa mu matora...

UEFA yatangaje abasifuzi bazasifura umukino wa nyuma wa Champions League

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Burayi, UEFA, ryatangaje abasifuzi bazayobora umukino wa nyuma wa Champions League uzahuza Arsenal na Paris Saint Germain tariki 30 Gicurasi...