Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri za mu gitondo (06:00).
RURA yatangaje ko ibiciro ntarengwa by'ibikomoka...
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ko umutoza Haringingo Francis Christian yemerewe gutoza ikipe ya Rayon Sports mu buryo bwubahirije amategeko nyuma y'inama yahuje ubuyobozi bwa FERWAFA, Perezida wa Kiyovu Sports, Perezida...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri za mu gitondo (06:00).
RURA yatangaje ko ibiciro ntarengwa by'ibikomoka kuri peteroli, habariwemo n'umusoro ku nyongeragaciro (VAT) ari amafaranga y'u Rwanda 2,938 kuri litiro imwe ya lisansi (Gasoline) n'amafaranga 2,205 kuri litiro imwe ya mazutu (Diesel).
RURA yakomeje isobanura ko ibi biciro bishya byashyizweho hashingiwe ku mpinduka ziri ku isoko mpuzamahanga ry'ibikomoka kuri peteroli ndetse n'ingamba Leta y'u Rwanda yafashe mu guhangana n'ingaruka z'izo mpinduka zigenda ziyongera ku isoko mpuzamahanga.
RURA itangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli nyuma y'iminsi 13 gusa itangaje izamuka n'ubundi ry'ibi biciro, aho lisansi...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri za mu gitondo (06:00).
RURA yatangaje ko ibiciro ntarengwa by'ibikomoka...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa gatanu tariki 17 Mata 2026, saa kumi n'ebyiri...
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ko umutoza Haringingo Francis Christian yemerewe gutoza ikipe ya Rayon Sports mu buryo bwubahirije amategeko nyuma y'inama...
Umunya-Portugal ukina mu kibuga hagati, Bernardo Silva yatangaje ko azasohoka mu ikipe ya Manchester City yaramazemo imyaka 9 uyu mwaka w'imikino nurangira mu mpeshyi.
Ibi...
Alexander Manninger wakiniye amakipe atandukanye yo ku Mugabane w'Uburayi arimo Salzburg, Arsenal, Bologna, Juventus, Liverpool n'andi yitabye Imana aguye mu mpanuka y'imodoka nk'uko Ishyirahamwe...