spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

Urugendo rw’umunyarwenya Japhet Mazimpaka rurakomeje.

Uyu munyarwenya Japhet Mazimpaka azataramana n’abanyeshuri ba INES Ruhengeri tariki 29 Nyakanga 2023. Ni igitaramo kizamuhuza n’abanyempano batandukanye biga muri iyi kaminuza iri mu...

Papa cyangwe ashyize hanze indirimbo yakoranye numuraperi ukomeye murwanda

"Papa cyangwe" yashyize hanze indirimbo yakoranye na ish kevin nyuma yokuyiteguze "Papa cyangwe" Umuhanzi nyarwanda wahoze muri "Rocky Entertainment" iyoborwa numusobanuzi wa firime "Rocky" nyuma...

Riderman yakoze indirimbo mujyana y’amapiyano

Umuraperi "Riderman" ukunzwe nabataribacye yashyize hanze indirimbo shyashya yayise "Empty Rocket" "Gatsinzi emery" uzwi kwizina ryubuhanzi rya "Riderman" cyangwa Igisumizi kur'ubu afite imyaka 36 yamavuko...

Ibya Titi Brown bikomeje kuba agaterera nzamba.

Titi Brown ibye bikomeje kugorana, nanubu ntibirasobanuka nkumwe mubari bahagaze neza mugisata k'imyidagaduro  ninawe wenyine rukumbi urubanza rwe rutinze kurangira nyamara bamwe mubagiye bagera...

Ibyabaye kucyamamare 2pac

Police ya "LAS Vegas" (L.A) muri America yongeye guhagurutsa iperereza kubwicanyi bwakorewe umuhanzi "2pac Umar Shakur" "Tupac Amaru Shakur" wavutse , ku ya 16 Kamena...

Byari byarangiye! Diamond Platnumz yashyize hanze amashusho agaragaza ukuntu yasimbutse urupfu.

Umuhanzi ukomeye cyane muri Tanzania ndetse no muri Africa Diamond Platnumz  umwe mu bahanzi bategerejwe mu Rwanda mu minsi iri imbere yashyize hanze amashusho...

Wiz Khalifa yasingije Africa yatangaje igihe azasoherera indirimbo ikoze mumapiyano

"Wiz Khalifa" yatangaje amakuru yo kwifashisha Amapiano ashyira hanze indirimbo yabitangaje mukiganiro yagiranaga n’abakunzi be ku rubuga rwa "Instagram" ubwo yari (live) Mu minsi mike ...

Shakira yongeye kumwenyurira umugabo nyuma ya pique

Bivugwa ko "Hamilton" na "Shakira" bakundana nyuma yo gufotorwa basangira hamwe kugeza mu rukerera rwo ku wa mbere, tariki ya 10 Nyakanga. "Hamilton" yari amaze...

Swae lee yihakanye America izuba Riva yemerako byurya Ari umuhungu w’Africa

Umuhanzi "Swae lee" yamaze kubitangaza ko abamuzi nkumu ny'america wuzuye barecyera kubitecyereza yavuzeko Ari umunya "Nigeria" 50% Umuhanzi"khalif Malik Ibn Shaman Brown" abenshi bamenye nka...

Kenny sol kurundirwego nyuma yogukorana indirimbo na Harmonize

Umunzi nyarwanda "kenny sol" yasohoye amashusho y'indirimbo yakoranye na "Harmonize" yitwa "one more time" Umuhanzi "Kenny sol" Uri mubakomeye murwanda nohanze yarwo nkuko abigaragaza Aho...

Kirikou Akili yageneye ubutumwa abagiye gukora ibizamini bya leta nawe atisize

Umuraperi Niyonkuru Youssouf Akibalu "Kirikou Akili" umwe mu bagezweho muri muzika i Burundi no hanze yabwo, yatunguranye atangaza ko ari umwe mu banyeshuri batangiye...

Gupfa kwa mama wa Don Jazzy byagize icyamamare Johnny Drille

Umuhanzi "johnny drille" yavuze uburyo urupfu rwa mama wa "Don Jazzy" rwatumye indirimboye bayikunda Umuhanzi womugihugu cya Nigeria "John Ighodaro" abenshi Bazi kumazina ya "Johnny...

UMUBYINNYI TITI BROWN YAGIZWE UMWERE N’URUKIKO.

Ishimwe Thierry wamamaye cyane mu  ku izina rya Titi Brown mugisata k'imyidagaduro nk'umubyinnyi wabigize umwuga aho yagaragaye mu mashusho y'indirimbo zabahanzi bahano mu Rwanda ndetse...

Burna Boy nyuma yogutaramira abanyamupira kuri final ya Champions league muri America ahavuye batabishaka

"Burna Boy" akomeje kwandika amateka aho ubu abaye umunya Africa wujuje stade ya citi field stadium iherereye muri USA (America). "Burna Boy" ukomoka muri nigeria...

Follow us