spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

Abari bategereje ubukwe bwa Kenny Sol babaye ubwa cya kirondwe cyumiye ku nka yarariwe kera

Nyuma yo gusezerana imbere y'amategeko abari bategereje ubukwe bwa Kenny Sol na KUNDA Alliance bashobora kuba ari nka cya kirondwe cyumiye ku nka kandi...

Meddy nyuma yo kwakira agakiza yongeye kunezeza amatwi yabakunzi be

Umuhanzi Meddy uherutse kwiyegurira Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, na Adrien Misigaro bakoranye indirimbo mu myaka irindwi ishize, bashyize hanze indi ikomeje gutangarirwa...

Uwamahoro claudine ari mumunyenga wurukundo numuzungu wumuherwe barushinze muminsi yashize(amafoto)

  Baba bishimye cyane Uwamahoro Claudine n’umugabo we w’Umwongereza, Simon Danczuk wabaye umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi (Labour Party) mu gihe cy’imyaka irindwi, bari mu munyenga...

Kate BASHABE yashyize yemera yo afite umukunzi, ibye na Sadio Mane yabishyizeho umucyo

BASHABE Catherine wamenyekanye nka Kate BASHABE ni umwe mu banyarwandakazi bakunzwe ndetse bakurikirwa na benshi kubera uburanga n'ikimero, yavuzwe mu rukundo na Sadio Mane...

Meddy afatanyije na Adrien MISIGARO bagiye gushyira hanze indirimbo

Nyuma y'uko Meddy yiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana agiye gushyira hanze indirimbo ya kabiri yise 'Niyo ndirimbo' afatanyije na Adrien MISIGARO. Iyi ndirimbo...

Uncle Austin na Shaddy Boo ntibari gucana uwaka

Umushabitsi wanamenyekanye ku mbugankoranyambaga nka Shaddy Boo ntari gucana uwaka n'umuhanzi unabifatanya n'itangazamakuru Uncle Austin. Wakwibaza icyo aba bombi bari gupfa? Aya makimbirane hagati ya...

Album ya Nicki Minaj yaciye agahigo kuri Sportify

Umuzingo mushya wa Nicki Minaj waciye agahigo ko kuba album ya mbere y'umuhanzikazi imaze kumvwa n'abarenga miliyari kuri Sportify. Mu mpera za 2023 nibwo umuhanzi...

Ye wahoze witwa Kanye West yajyanywe mu nkiko n’umufana we

Ku mbugankoranyambaga hakomeje gusakara amashusho agaragaza Ye wahoze witwa Kanye West akubita umuntu yamugize intere, bikavugwa ko ari umufana warumwegereye amusaba ko yamusinyira "Autograph". Uyu...

The Ben yatewe imitoma ku isabukuru ye zita izazo

Mu gihe hashize iminsi mike MUGISHA Benjamin wamenyekanye nka The Ben akoze ubukwe na UWICYEZA Pamella bari bamaze igihe bakundana, uyu muryango wongeye kujya...

Amafoto y’umuhanzikazi Necky afatanye n’undi mukobwa akomeje kuvugisha benshi!

Umuhanzi Necky w'umunyarwandakazi wamenyekanye cyane mu ndirimbo amarangamutima  afatanyije na Anitha kiku   akomeje kwibazwaho na benshi nyuma y’uko Hari amafoto agiye hanze  agaragaza imyitwarire...

BYINSHI KU KUREKA UMUZIKI BURUNDU KWA SELENA GOMEZ YABIVUZEHO

Amazina ye bwite yiswe n'ababyeyi ni SELENA MARIA GOMEZ akaba umukobwa w'imyaka 31 y'amavuko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo Lose you to love me,...

IMYIDAGADURO: UMUHANZI RACINE YAGIZE ISABUKURU ASHIMIRA ABAFANA BE ANASOHORA EXTENDED PLAYLIST

Umuraperi uri mu bazwiho impano idasanzwe Racine yasohoye Extended Playlist iriho indirimbo 8 ku isabukuru ye y'amavuko. KAMATARI Thierry wamenyekanye nka Racine yaherukaga gusohora album...

IMIKINO: UBU WAGURA JERSEY YA RUTAHIZAMU OLIVIER GIROUD Y’ABAZAMU

Ubu birashoboka kugura impuzankano ya AC Milan y'abazamu ariko iriho numero 9 isanzwe yambarwa na rutahizamu Olivier Giroud ni nyuma y'uko uyu rutahizamu yakinnye...

Neymar n’umukunzi we bibarutse umwana w’umukobwa

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nibwo umukinnyi ukomoka muri Brazil ukinira ikipe ya Al Hilal yo muri Saudi Arabia Neymar da Silva...

Follow us