Nyuma yo gusezerana imbere y'amategeko abari bategereje ubukwe bwa Kenny Sol na KUNDA Alliance bashobora kuba ari nka cya kirondwe cyumiye ku nka kandi...
Umuhanzi Meddy uherutse kwiyegurira Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, na Adrien Misigaro bakoranye indirimbo mu myaka irindwi ishize, bashyize hanze indi ikomeje gutangarirwa...
Baba bishimye cyane
Uwamahoro Claudine n’umugabo we w’Umwongereza, Simon Danczuk wabaye umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi (Labour Party) mu gihe cy’imyaka irindwi, bari mu munyenga...
BASHABE Catherine wamenyekanye nka Kate BASHABE ni umwe mu banyarwandakazi bakunzwe ndetse bakurikirwa na benshi kubera uburanga n'ikimero, yavuzwe mu rukundo na Sadio Mane...
Nyuma y'uko Meddy yiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana agiye gushyira hanze indirimbo ya kabiri yise 'Niyo ndirimbo' afatanyije na Adrien MISIGARO.
Iyi ndirimbo...
Umuzingo mushya wa Nicki Minaj waciye agahigo ko kuba album ya mbere y'umuhanzikazi imaze kumvwa n'abarenga miliyari kuri Sportify.
Mu mpera za 2023 nibwo umuhanzi...
Ku mbugankoranyambaga hakomeje gusakara amashusho agaragaza Ye wahoze witwa Kanye West akubita umuntu yamugize intere, bikavugwa ko ari umufana warumwegereye amusaba ko yamusinyira "Autograph".
Uyu...
Mu gihe hashize iminsi mike MUGISHA Benjamin wamenyekanye nka The Ben akoze ubukwe na UWICYEZA Pamella bari bamaze igihe bakundana, uyu muryango wongeye kujya...
Umuhanzi Necky w'umunyarwandakazi wamenyekanye cyane mu ndirimbo amarangamutima afatanyije na Anitha kiku  akomeje kwibazwaho na benshi nyuma y’uko Hari amafoto agiye hanze agaragaza imyitwarire...
Amazina ye bwite yiswe n'ababyeyi ni SELENA MARIA GOMEZ akaba umukobwa w'imyaka 31 y'amavuko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo Lose you to love me,...
Ubu birashoboka kugura impuzankano ya AC Milan y'abazamu ariko iriho numero 9 isanzwe yambarwa na rutahizamu Olivier Giroud ni nyuma y'uko uyu rutahizamu yakinnye...