Umupira w'amaguru ni umwe mu mikino ukunzwe cyane kurusha iyindi yose ku isi, ndetse ikinwa henshi ku isi. Benshi mu bakinnyi bayikuyemo ubuzima abandi...
Myugariro w'umwongereza w'imyaka 30 Harry Maguire yageze mu ikipe ya Manchester United 2019 avuye mu ikipe ya Leicester City kuri miliyoni £80 ndetse yarabaye...
Ni irushanwa nyafurika muri basketball FIBA AfroCAN rikomeje riri kubera mu gihugu cy'Angola. Kuri uyu munsi tariki ya 9 Nyakanga 2023 u Rwanda ruri...
Ni we mukinnyi wenyine uvuka muri Espagne wabashije gutwara ballon d'or, yakinnye mu makipe akomeye ku isi harimo FC Barcelona na Inter Milan ndetse...
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje igihe igikombe kiruta ibindi mu Rwanda FERWAFA Super Cup kizahatanirwa.
FERWAFA Super Cup ni igikombe kiruta ibindi gihuza...
Mu ijoro ryakeye ikipe ya kiyovu sport yaraye yerekanye abakinnyi barimo umuzamu ukomeye muri UGANDA wakiniraga ikipe ya blu FC yo mu kiciro cyambere...
Kuri uyu munsi nibwo hatangiye irushanwa nyafurika mu mukino wa basketball mu bagabo riri kubera muri Angola rya FIBA AfroCAN 2023, rikaba ari irushanwa...
Ku nshuro yaryo yambere kuri uyu munsi hatangiye irushanwa rya Liberation cup cg se irushanwa ryo Kwibuhora mu mukino wa volleyball. Ni imikino yitabiriwe...
Nifuzaga kohereza ubu butumwa bwo gusezera kubantu bose bashyigikiye Manchester United.
Ndashaka kwerekana ko nshimira byimazeyo kandi nshimira urukundo kuva mu myaka 12 ishize. Twageze...