spot_img

Masakombe Guillaume

Cary-Hiroyuki Tagawa wamamaye muri sinema nka Jenerali Rucenge yitabye Imana

Umukinnyi wa sinema w'umuyapani Cary-Hiroyuki Tagawa wamamaye mu Rwanda nka Jenerali Rucenge yitabye Imana ku myaka 75 azize uguturika kw'imitsi y'ubwonko (Stroke) nk'uko byemejwe...

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinyanye amasezerano agamije guhosha umwuka mubi

Kuri uyu wa kane tariki 4 Ukuboza 2025 habaye umuhango wo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo afatwa nk’intambwe...

Hashyizweho komisiyo 4 zigiye gufasha komite y’inzibacyuho ya Rayon SportsĀ 

Kuri uyu wa kane tariki 4 Ukuboza 2025 habaye ikiganiro n'itangazamakuru cyahuje komite y'inzibacyuho ya Rayon Sports n'abanyamakuru cyatangarijwemo komisiyo 4 zigiye gufasha komite...

Mukunzi Yannick yatandukanye na Sandvikens IF

Umukinnyi w'umunyarwanda ukina mu kibuga hagati Mukunzi Yannick yatangaje ko yatandukanye na Sandvikens IF yo muri Sweden yakiniraga nyuma y'imyaka 6 yarayimazemo. Mukunzi yabitangaje abinyujije...

Impinduka zirimo kwirukana umutoza mu ikipe y’igihugu ya Cameroon mbere y’Igikombe cy’Afurika

Nyuma y'uko Samuel Eto'o yongeye gutorerwa kuba Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Cameroon, Fecafoot yakoze impinduka mu ikipe y'igihugu ya Cameroon mu gihe habura...

RwandAir yatangije ingendo zerekeza muri Zanzibar

Kuri uyu wa mbere tariki 1 Ukuboza 2025 Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir yatangije ingendo zerekeza ku kirwa cya Zanzibar muri Tanzania. Indege...

Gen (Rtd) James Kabarebe yahawe inshingano nshya muri Guverinoma

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yagize Gen (Rtd) James Kabarebe Umujyanama Mukuru mu bijyanye n'Umutekano Perezidansi ya Repubulika nyuma y'imyaka ibiri ari munyamabanga wa...

Abanyarwanda Nirere Xaverine na Masengesho Vainqueur mu bahawe ibihembo bya Africa Cycling Excellence Awards 2025 (+Amafoto)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 29 Ugushyingo 2025 muri Zaria Court i Remera mu mujyi wa Kigali habereye ibirori byo gutanga...

Lionel Messi yatwaranye ikindi gikombe na Inter Miami

Ikipe ya Inter Miami iyobowe na kapiteni wayo Lionel Messi yegukanye igikombe cya Shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe z'Amerika mu gice cy'Uburasirazuba, MLS Eastern...

Bukayo Saka yasabye umukunzi we ko babana akaramata

Bukayo Saka yasabye umukunzi we w'igihe kirekire Tolami Benson ko yamubera umugore nawe ntiyazuyaza kubyemera. Saka ukinira Arsenal yasabye Benson ko yamubera umugore ibisigaye bizwi...

Jenerali Horta N’Tam yarahiriye kuba Perezida w’inzibacyuho wa Guinea-Bissau nyuma ya coup d’etat

Umusirikare ufite ipeti rya Jenerali mu gisirikare cya Guinea-Bissau Horta N'Tam yarahiriye kuba Perezida w'inzibacyuho w'iki gihugu nyuma y'umunsi umwe Perezida Umaro Sissoco Embaló...

Burna Boy yasubitse ibitaramo 5 yagombaga gukorera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Umuhanzi wo muri Nigeria Burna Boy yasubitse ibitaramo 5 yagombaga gukorera muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika mu rugendo akomeje rwo kumunyekanisha album ye "No...

Basketball: Umunyamerika McCormark mu bakinnyi u Rwanda ruzakoresha mu gushaka itike y’igikombe cy’IsiĀ 

Umutoza w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda y'umukino wa basketball Murenzi Yves yatangaje urutonde rw'abakinnyi 12 azifashisha mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi igiye kubera...

Amiss Cedric yasabye imbabazi nyuma yo guhagarikwa na Kiyovu SportsĀ 

Rutahizamu w'umurundi Amiss Cedrick yasabye imbabazi ku myitwarire mibi avugwaho nyuma y'uko ikipe ye ya Kiyovu Sports imwambuye igitambaro cya kapiteni, ikanamuhagarika imikino 2...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us