Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida...
Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’igice, aho igice kinini cy’ukwezi cyinjiye mu gicucu cy’Isi. NASA yatangaje ko ubu bwirakabiri bwabaye hagati ya tariki ya 27 na 28...
Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida Kagame yamubwiye amagambo yasekeje benshi ati: “I’ll give you two” bivuze ko yari amuhaye amafoto abiri.
Ibi byabereye i Kigali ku wa 24 Kanama 2026. Ubwo Crazy Kennar yari yitabiriye Africa Mindset Reset Forum yabereye muri Kigali Convention Centre.
Crazy Kennar, umwe mu bakora amashusho y’urwenya bakunzwe cyane muri Afurika, yabonye umwanya wo kwegera Perezida Kagame maze amubwira ko yari afite inkuru yihariye yashakaga kumugezaho.
Uyu munyakenya yavuze ko akazi akora ko gutegura amashusho no gukora ‘content’ kamaze kumugeza...
Umunyarwenya n’umuhanga mu gukora amashusho ukunzwe cyane muri Kenya, Kennedy Odhiambo uzwi nka Crazy Kennar. Yagiranye akanya kadasanzwe na Perezida Paul Kagame i Kigali, amusaba ko bafata ifoto ya ‘selfie’. Mu kumusubiza, Perezida...
Ku wa 28 Kanama 2026, abakunda kureba iby’ikirere babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’igice, aho igice kinini cy’ukwezi cyinjiye mu gicucu cy’Isi. NASA yatangaje ko ubu...
CECAFA Kagame Cup 2026 yasize amateka akomeye mu mupira w’amaguru wo muri Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku Rwanda. Rayon Sports FC yegukanye igikombe nyuma...