spot_img

AMAKURUMASHYA

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u Rwanda yatangaje abakinnyi barimo rutahizamu w'umurundi Shaban Hussein wakiniraga Musanze FC na myugariro w'umunyarwanda Serumogo Ali waruherutse gutandukana na...

Uwacu Jean Bosco wakiniye Amavubi na APR FC yitabye Imana

Umuryango wa Uwacu Jean Bosco wabaye myugariro w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda Amavubi, agakinira n'andi makipe atandukanye wemeje ko yitabye Imana kuri uyu wa mbere tariki 19 Mutarama 2026 azize uburwayi. Uwacu Jean Bosco yitabye...

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u Rwanda yatangaje abakinnyi barimo rutahizamu w'umurundi Shaban Hussein wakiniraga Musanze FC na myugariro w'umunyarwanda Serumogo Ali waruherutse gutandukana na Rayon Sports. Shaban Hussein wavuye muri Musanze FC yerekeje mu ikipe ya El Merrikh ku masezerano y'umwaka umwe wa 2026-2027. Serumogo Ali wari kapiteni wa Rayon Sports gusa uherutse gutandukana nayo nyuma y'imyaka ibiri n'igice yarayimazemo yasinye amasezerano y'imyaka ibiri mu ikipe ya El Merreikh yerekejemo. El Merreikh y'umutoza Darko Novic iherutse kunganya na APR FC muri Shampiyona, ikaba izakurikizaho Rayon Sports ku wa gatatu tariki 21 Mutarama 2026. El Merreikh iri ku mwanya wa 4 muri Shampiyona n'amanota 31...

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u Rwanda yatangaje abakinnyi barimo rutahizamu w'umurundi Shaban Hussein wakiniraga Musanze...

Check out other categories:

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u...

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u Rwanda yatangaje abakinnyi barimo rutahizamu w'umurundi Shaban Hussein wakiniraga Musanze FC na myugariro w'umunyarwanda Serumogo Ali waruherutse gutandukana na...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

Uwacu Jean Bosco wakiniye Amavubi na APR FC yitabye Imana

Umuryango wa Uwacu Jean Bosco wabaye myugariro w'ikipe y'igihugu...

U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Estonia, Kenya na Grenada muri FIFA Series Tournament

Ikipe y'igihugu y'u Rwanda yisanze mu itsinda rimwe n'amakipe...

AFC/M23 yihanangirije FARDC na Wazalendo basubiye muri Uvira

huriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko ihuriro...

Senegal yegukanye Igikombe cy’Afurika ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsinda Morocco

Ikipe y’igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe cy’Afurika ku nshuro...

El Merreikh yo muri Sudan yatangaje Shaban Hussein na Serumogo Ali nk’abakinnyi bayo bashya

Ikipe ya El Merreikh SC Bentiu yo muri Sudan ariko iri gukina shampiyona y'u Rwanda yatangaje abakinnyi barimo rutahizamu w'umurundi Shaban Hussein wakiniraga Musanze...

Uwacu Jean Bosco wakiniye Amavubi na APR FC yitabye Imana

Umuryango wa Uwacu Jean Bosco wabaye myugariro w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda Amavubi, agakinira n'andi makipe atandukanye wemeje ko yitabye Imana kuri uyu wa mbere...

U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Estonia, Kenya na Grenada muri FIFA Series Tournament

Ikipe y'igihugu y'u Rwanda yisanze mu itsinda rimwe n'amakipe y'ibihugu ya Estonia, Kenya na Grenada mu mikino ya FIFA Series Tournament izakinwa muri Werurwe...

AFC/M23 yihanangirije FARDC na Wazalendo basubiye muri Uvira

huriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko ihuriro ry'ingabo za Leta y'iki gihugu ryasubiye mu Mujyi wa Uvira rikora ibikorwa bigayitse birimo no...

Senegal yegukanye Igikombe cy’Afurika ku nshuro ya kabiri nyuma yo gutsinda Morocco

Ikipe y’igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe cy’Afurika ku nshuro ya kabiri mu mateka yayo nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Morocco ku mukino wa...