spot_img

AMAKURUMASHYA

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura Shampiyona y'u Rwanda, BK Pro League bamaze amezi 5 badahembwa. Aya makuru yatangajwe n'umunyamakuru Kabera Fils Fidele ukorera igitangazamakuru cya...

Al Hilal irahabwa igikombe cy’icyubahiro niyitwara neza ku munsi wa 33 wa Shampiyona

Urwego Rutegura Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League rwatangaje ko mu gihe Al Hilal yo muri Sudani yatsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United ku mukino w'umunsi wa 33 wa Shampiyona, BK Pro League,...

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura Shampiyona y'u Rwanda, BK Pro League bamaze amezi 5 badahembwa. Aya makuru yatangajwe n'umunyamakuru Kabera Fils Fidele ukorera igitangazamakuru cya Radio/TV 1 yavugaga ko abasifuzi bo muri Shampiyona y'u Rwanda bamaze amezi 5 badahembwa ndetse ko ari imbarutso y'amakosa menshi bari gukora mu misifurire muri iyi mikino ya nyuma ya Shampiyona. Kabera yakomeje asobanura ko hari n'amakuru afite ko abasifuzi bashaka gukora igisa nk'imyigaragambyo bakazanga gusifura umunsi wa nyuma wa Shampiyona n'ubwo yavuze ko yumva ko batabikora. Ibinyujije ku rubuga rwa X (Twitter), FERWAFA yanyomoje aya makuru ivuga ko ari ibinyoma, ko abasifuzi batamaze amezi 5 badahabwa uduhimbazamusyi...

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura Shampiyona y'u Rwanda, BK Pro League bamaze amezi 5 badahembwa. Aya...

Check out other categories:

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura...

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura Shampiyona y'u Rwanda, BK Pro League bamaze amezi 5 badahembwa. Aya makuru yatangajwe n'umunyamakuru Kabera Fils Fidele ukorera igitangazamakuru cya...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

Al Hilal irahabwa igikombe cy’icyubahiro niyitwara neza ku munsi wa 33 wa Shampiyona

Urwego Rutegura Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League rwatangaje...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris...

Imanizabayo Emeline yegukanye umudari wa zahabu muri African Senior Athletics Championships 2026

Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa...

APR FC ishobora gusanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

APR FC ishobora gusanga ikipe ya Rayon Sports ku...

FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryahakanye amakuru yari yatangajwe avuga ko abasifuzi basifura Shampiyona y'u Rwanda, BK Pro League bamaze amezi 5 badahembwa. Aya...

Al Hilal irahabwa igikombe cy’icyubahiro niyitwara neza ku munsi wa 33 wa Shampiyona

Urwego Rutegura Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League rwatangaje ko mu gihe Al Hilal yo muri Sudani yatsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United ku...

Amakipe y’u Rwanda yatakaje ibikombe mu byiciro byose mu marushanwa y’amarerero ya Paris Saint Germain

Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026. Mu...

Imanizabayo Emeline yegukanye umudari wa zahabu muri African Senior Athletics Championships 2026

Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ubaye uwa mbere bikamuhesha umudari wa zahabu mu marushanwa nyafurika y'imikino ngororamubiri ya African...

APR FC ishobora gusanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro

APR FC ishobora gusanga ikipe ya Rayon Sports ku mukino wa nyuma w'Igikombe cy'Amahoro 2026 mu gihe yabasha gusezerera ikipe ya Etincelles muri 1/2...