spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Urutonde rw’Abaminisitiri bayoboye Minisiteri y’Uburezi kuva mu 1994

Tariki 11 Nzeri 2024 nibwo hasohotse itangazo rivuga ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w'Uburezi mushya, Nsengimana Joseph asimbuye...

Impinduka mu inzego z’ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda kuba Minisitiri

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 nibwo Nyakubahwa yashyizeho abayobozi bashya kunzego zitandukanye harimo uburezi, isanzure ndetse n'umunyamabanga muri minisiteri ya siporo. Aha hagaragaye ko...

Uganda: Bobi Wine yatangiye koroherwa

Ishyaka rya National Unity Platform, NUP, riyobowe na Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine ryatangaje ko ari koroherwa nyuma yo kugira...

Perezida w’u Rwanda Kagame yageze Beijing mu Bushinwa yitabiriye inama

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kuri uyu wa kabiri tariki 3 Nzeri 2024 aho yitabiriye inama...

Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri: Isheja Sandrine yagizwe umuyobozi wungirije wa RBA

Isheja Butera Sandrine usanzwe ari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije w'Ikigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru, RBA. Ibi bikaba byemejwe mu myanzuro y'inama y'Abaminisitiri yateranye kuri...

Edouard Ngirente yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 13 Kanama 2024 hasohotse itangazo ryemeza Edouard NGIRENTE nka Minisitiri w'Intebe wa Guverinoma nshya. Ibi byemejwe mu...

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda 

Perezida Paul KAGAME yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y'imyaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora yabaye muri Nyakanga 2024. Mu muhango wabaye kuri...

Kainerugaba yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida Paul KAGAME

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, UPDF, akaba n'umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida Paul...

Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe ku mirimo yarashinzwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo hasohotse itangazo ryirukana Dr. Jeanne d'Arc MUJAWAMARIYA ku mwanya yarafite wa Minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo...

NEC yatangaje bya burundu ibyavuye mu matora ya Perezida n’ay’abadepite

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Nyakanga 2024, Komisiyo y'igihugu y'amatora mu Rwanda, NEC, yatangaje bya burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika...

Perezida Joe Biden yatangaje ko ataziyamamaza mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika 

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Joe Biden wari watangiye ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kuvana kandidatire ye mu matora ya...

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yanduye COVID-19

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, White House byatangaje ko Perezida Joe Biden yanduye COVID-19 ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri...

FPR yahize andi mashyaka mu matora y’ibanze y’abadepite

Ishyaka rya FPR niryo ryahize andi mashyaka mu matora y'abadepite nk'uko byatangajwe na Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, NEC, nk'ibyibanze byavuye mu matora y'abadepite yabaye tariki...

Amatora: Umukandida-Perezida, Paul KAGAME yahigitse abandi bakandida mu majwi y’ibanze y’amatora

Komisiyo y'igihugu y'amatora mu Rwanda, NEC, yatangaje ko umukandida wa FPR, Paul KAGAME ariwe wahigitse abandi bakandida ku mwanya wa Perezida w'u Rwanda mu...

Follow us