spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Iran yatangaje ko yafunguye umuhora (Straight) wa Hormuz

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yatangaje ko Umuhora wa Hormuz ufunguye byuzuye mu gihe gisigaye cy'agahenge k'intambara ishyamiranyije iki gihugu na Leta...

Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Denis Sassou Nguesso

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bayobozi bitabiriye umuhango w'irahira rya Perezida Denis Sassou Nguesso watorewe gukomeza kuyobora Congo (Brazaville)...

Amashuri Makuru ya Gisirikare, Polisi n’ay’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iperereza n’Umutekano byahurijwe hamwe muri Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda

Tariki 10 Mata 2026 hashyizwe hanze itegeko rishyiraho Kaminuza ya Gisirikare y'u Rwanda, National Defence University-Rwanda (NDU-R) ihurirwamo amashuri makuru ya Gisirikare, Polisi n'ay'Urwego...

Perezida Paul Kagame yacanye urumuri rw’icyizere mu mugoroba wo #Kwibuka32

Perezida w'u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yacanye urumuri rw'icyizere mu mugoroba wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Umuhango...

Basketball: APR BBC yasimbujwe RSSB Tigers mu mikino ya BAL 2026

Ishyirahamwe ry'Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA ryatangaje ko ikipe ya RSSB Tigers ariyo izahagararira u Rwanda mu mukino ihuza amakipe yabaye aya mbere...

AFC/M23 yihanangirije FARDC na Wazalendo basubiye muri Uvira

huriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko ihuriro ry'ingabo za Leta y'iki gihugu ryasubiye mu Mujyi wa Uvira rikora ibikorwa bigayitse birimo no...

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinyanye amasezerano agamije guhosha umwuka mubi

Kuri uyu wa kane tariki 4 Ukuboza 2025 habaye umuhango wo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo afatwa nk’intambwe...

Gen (Rtd) James Kabarebe yahawe inshingano nshya muri Guverinoma

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yagize Gen (Rtd) James Kabarebe Umujyanama Mukuru mu bijyanye n'Umutekano Perezidansi ya Repubulika nyuma y'imyaka ibiri ari munyamabanga wa...

Jenerali Horta N’Tam yarahiriye kuba Perezida w’inzibacyuho wa Guinea-Bissau nyuma ya coup d’etat

Umusirikare ufite ipeti rya Jenerali mu gisirikare cya Guinea-Bissau Horta N'Tam yarahiriye kuba Perezida w'inzibacyuho w'iki gihugu nyuma y'umunsi umwe Perezida Umaro Sissoco EmbalĂł...

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Central African Republic, Faustin Archange Touadéra

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Kagame Paul yakiriye mugenzi we wa Central African Republic, Faustin Archange Touadéra wageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri...

Perezida Kagame yagabiye inka z’inyambo Emir wa Qatar

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yagabiye inka Emir wa Qatar Sheikh Tamin bin Hamad Al Thani mu ifamu ye iherereye Kibugabuga. Kuri uyu...

Cristiano Ronaldo yishimiye gusangira na Perezida Donald Trump

Kizigenza mu mupira w'amaguru Cristiano Ronaldo yagaragaje ko yishimiye bikomeye gusangira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika Donald Trump muri White House. Mu butumwa...

Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Guverinoma nshya irimo umukobwa we

Nyuma yo gutorerwa indi manda yo kuyobora Tanzania, Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Guverinoma nshya kuri uyu wa mbere tariki 17 Ugushyingo 2025 irimo...

Paul Biya w’imyaka 92 yarahiriye kuyobora Cameroon

Perezida ukuze kurusha abandi ku isi Paul Biya yarahiriye kuyobora Cameroon muri manda ye ya munani (8) yikurikiranya y'imyaka 7 izamugeza mu 2032 ayobora...

Follow us