Leta ya Uganda yahakanye ibyo kugirana amasezerano na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yo kwakira abimukira bavuye muri iki gihugu baba barakinjiyemo mu buryo bunyuranyije...
Ku wa kane tariki 24 Nyakanga 2025 nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n'abandi bayobozi Bakuru...
U Rwanda na Repubulika lharanira Demukarasi ya Congo, byasinyanye amasezerano y'amahoro aganisha ku muti w'ibibazo by'intambara mu Burasirazuba bwa RDC.
859
Aya masezerano yasinyiwe i Washington...
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen Muhoozi Kainrugaba yasabye Abanyarwanda kujya kuruhukira mu gihugu cye mu cyumweru gitaha
ubwo bazaba bizihiza ku nshuro ya...
Kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mata 2025, ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne yasinye amasezerano y'imikoranire n'Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Iterambere mu Rwanda,...
Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi.
Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...
Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo.
Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump...
M23 ikomeje kwagura imbago yerekeza mu mujyi wa Kinshasa kandi ikomeje no kwigwizaho ahantu hafite byinshi bya agaciro kuri Congo
Imwe mu centre yegereye aho...