spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

Ibitego bitumye Police FC yegukana igikombe cy’Inkera y’Abahizi

Ikipe ya Police FC niyo yegukanye igikombe cy'Imikino y'Inkera y'Abahizi yateguwe na APR FC nyuma yo gutsinda AS Kigali ku munsi wa nyuma w'iyi...

FC Barcelona yasinyanye amasezerano y’imikoranire na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yasinyanye amasezerano y'ubufatanye na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo azamara imyaka ine agamije guteza imbere...

Amashusho Y’umuhanzikazi Marina agaragaza imiterere Y’umubiri we akomeje kuvugisha benshi

Marina yatunguranye asangiza abamukurikira amashusho yerekana imiterere y’umubiri we, bituma benshi bacika ururondogoro. Aya mashusho bigaragara ko Marina yifatiye mu cyumba iwe, agaragaza imiterere ye...

VESTINE&DORCUS: Nyuma Y’indirimbo yebo baherutse gushyira hanze bateguje indirimbo nshyashya yitwa emmanuel

Nyuma y'indirimbo yebo baherutse gushyira hanze ndetse ikaba yirugaruriye imitima ya benshi aba bahanze babinyujije ku mbuga nkoranya mbaga zabo ndetse n'izindi platform bakoresha...

Umuntu wari mukuru ku isi yitabye Imana ku myaka 116

Umunya-Brazil w'Umubikira Inah Canabarro Lucas warufite agahigo ko kuba ariwe muntu ufite imyaka myinshi ku isi (Imyaka 116) yitabye Imana kuri uyu wa kane...

Perezida w’u Burundi yongeye gushimangira KO igihugu cye cyerekeje amaboko Ku idini.

Umukirisito nyakuri my idini ya katorike Perezida Evariste Ndayishimiye akomeje kugaragara mubikorwa binyuranye n'umuryango we. Byari Kuri uyu  Gatanu Mutagatifu ni umunsi aho Abakirisitu Gatolika...

Ishimwe vestine wigeze kumvikana avuga ko atazigera ava mu itorero rya ADEPR yagaragaye yashyizeho ibisuko: soma icyabimuteye

Ishimwe vestine ubarizwa mu itsinda ryo kuryamya no guhimbaza rizwi cyane nka vestine na dorcas yagaragaye yashyizeho imisatsi itari iy'umwimirere bimwe bita ibisuko...

Madederi yasezeranye imbere y’amategeko

Dusenge Clenia wamenyekanye muri sinema nyarwanda nka Madederi yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Rugamba Faustin wamenyekanye mu makipe atandukanye y'umupira w'amaguru mu Rwanda. Umuhango wo...

Cristiano Ronaldo yashyikirijwe igihembo cya Guinness World Record

Kizigenza Cristiano Ronaldo yashyikirijwe igihembo cya Guinness World Record nk'umukinnyi umaze gutsinda imikino myinshi mu ikipe y'igihugu, ni imikino 132 ku myaka 40 y'amavuko. Ibi...

Azanye iki ategerejweho ibingana gute,, Noe Uwimana arategerejwe nk’umukinnyi mpuzamahanga w’Amavubi.

Noe Uwimana umukinnyi wakabaye warifashishijwe ku mukino wa Nigeria birangiye ibyagoranaga KO yakabaye ahari bikemuwe na FERWAFA. Umukinnyi Uwimana w’imyaka 20, akinira Virginia Tech Hokies...

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana azize uburwayi

Jean Lambert Gatare wabaye umunyamakuru ku bitangazamukuru bitandukanye birimo Radiyo Rwanda na Isango Star yitabye Imana azize uburwayi nk'uko tubikesha ikinyamakuru IGIHE. Amakuru avuga ko...

Minisitire wa Siporo mu Rwanda yasabye byinshi Amavubi ko uyu mukino bafite kwimana igihugu.

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Werurwe 2025, nibwo Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yasuraga Amavubi mu myitozo ya nyuma yitegura uyu mukino uzaba...

N’Golo KantĂ© aravugwaho gukorera ubukwe muri Mali

Umukinnyi wa Al-Ittihad yo muri Arabiya Sawudite, N'Golo Kanté aravugwaho kuba yarakoreye ubukwe i Bamako muri Mali aho avuka akaba anamaze iminsi ahakorera uruzinduko...

Impamvu zirenga 5 zikwemeza kuza kureba Amavubi kumunsi wejo.

Kuyobora itsinda kw'Amavubi bisobanuye byinshi kandi bikaba bitanga n'akazi katoroshye ku makipe bari kumwe mu itsinda. Kuri uyu wa Gatanu Saa kumi n'ebyiri ni bwo...

Follow us