spot_img

Imikino

Amakuru Bijyanye

ASIAN CUP: Ikipe ya mbere yageze ku mukino wa nyuma yandika amateka

Mu gikombe k'ibihugu ku mugabane w'Aziya kigeze muri 1/2 k'irangiza, ikipe ya Jordan yabashije kugera ku mukino wa nyuma ikuyemo Koreya Y'Epfo yahabwaga amahirwe...

Ibya Rwatubyaye na Rayon Sports byabaye agatereranzamba

Mu nkuru zacu ziheruka nibwo twagarutse kuri RWATUBYAYE Abdul wari kapiteni wa Rayon Sports ko yaba yerekeje mu ikipe nshya ya Shkupi FC yo...

Umunsi wavutseho ibyamamare muri ruhago

Tariki 5 Gashyantare ni umunsi w'amateka muri ruhago kuko wavutseho ibyamamare bitandukanye byabiciye bigacika mu mateka y'umupira w'amaguru birimo Cristiano Ronaldo, Neymar Jr na...

Nyuma yo guhombera Rayon Sports yabonye ikipe nshyashya

Nyuma y'uko Rayon Sports iguze rutahizamu Eid Mugadam Abakar Mugadam gusa akaza kutayihira kuko ntamusaruro ufatika yayihaye, kuri ubu yamaze kubona ikipe nshya yo...

Platini yahaye umukoro abafana ba Manchester United barimo David BAYINGANA

Platini P yarebye umukino ikipe ya Manchester United yatsinzemo West Ham United ibitego 3-0. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 4 Gashyantare...

Akomeje kugaragaza ko yihebeye Cristiano Ronaldo

Rutahizamu ukinira Manchester United Alejandro Garnacho akomeje kugaragaza uko yihebeye Critstiano Ronaldo asubiramo bumwe mu buryo yishimiraga ibitego (Celebrations). Bamwe mu bakinnyi beza babayeho mu...

Rwatubyaye mu myitozo itari iya Rayon Sports, bucece yerekeje mu yindi kipe

Myugariro akaba na kapiteni w'ikipe ya Rayon Sports yasangije abamukurikira amafoto ari mu myitozo y'indi kipe itari iyo asanzwe akinira mu Rwanda ya Rayon...

Fellaini yasezeye kuri ruhago nyuma y’imyaka 18 ari umukinnyi wabigize umwuga

Umubiligi wakinaga mu kibuga hagati Marouane Fellaini-Bakkioui wamenyekanye muri Manchester United yasezeye ku mupira w'amaguru nyuma y'imyaka 18 ari umukinnyi. Yarasigaye akinira Shandong Taishan...

FERWAFA igiye gukurikirana amakosa y’imisifurire yabaye ku mukino APR FC yatsinzwemo na Police FC

Kuri uyu wa kane nibwo ikipe ya APR FC yatsinzwe na Police FC ku muniko wa nyuma w'igikombe k'Intwari ibitego 2-1. Igitego cya kabiri...

HEROES CUP: Ukuri ku gitego cya kabiri APR FC yatsinzwe kikayibuza igikombe

Numa y'umukino wa nyuma w'igikombe k'Intwari wabaye kuri uyu wa kane tariki 1 Gashyantare (Umunsi w'Intwari z'u Rwanda) ubwo APR FC yatsindwaga na Police...

AFCON: Umufana wafashwe yararikiye umukobwa yabisabiye imbabazi ku muryango we

Ubwo ikipe ya Côte d'Ivoire yakuragamo Senegal mu mukino wa 1/8 k'igikombe cy'Afurika hari umugabo wafashwe amashusho ubona ko yararikiye umukobwa bari bicaranye gusa...

Abakinnyi rukumbi bakiniye Real Madrid na FC Barcelona

Ntibisanzwe ko amakipe ya mbere ahaganye muri Espagne akaba namwe mu makipe akomeye ku isi Real Madrid na FC Barcelona ko abakinnyi bazikinira zombi...

Arteta yanyomoje ibyo gutandukana n’Arsenal avuga ko ari ibinyoma

Umutoza mukuru w'Arsenal yahakanye amakuru yavugaga ko uyu mutoza azatandukana n'iyi kipe mu mpera z'uyu mwaka w'imikino avuga ko ari ibinyoma ko ntaho ateganya...

SITTING VOLLEYBALL: Amavubi y’abagabo n’abari n’abategarugori yitabiriye Shampiyona y’Afurika muri Nigeria

Mu rukerere rwo ku wa gatandatu nibwo ikipe z'igihugu z'u Rwanda mu bagabo n'abari n'abategarugori mu mukino wa sitting volleyball zahagurutse i Kigali zerekeza...

Follow us