spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

(USA) Joe Biden agiye kohereza abayozi bakuru mu irahira rya Félix Tshisekedi Tshilombobozi bakuru mu irahira rya felix k

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yatangaje ko azohereza abayobozi batanu bamuhagararira mu muhango w’irahira rya Perezida wa Repubulika Iharanira...

Indege y’intambara ya Uganda yarashe ku ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Kuri uyu wa kabiri tariki 16 Mutarama 2024 indege y'intambara ya Uganda, Sukhoi-30 yarashe ku birindiro by'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habayeho...

Barataka ubukene kubera ifungwa ry’imipaka.

Abatuye muri Kivu y'Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barataka ibihombo bikomeye nyuma y'uko u Burundi bufunze imipaka ibuhuza n'u Rwanda nyamara ariyo...

RUBAVU: Abageragezaga guhungubanya umutekano w’u Rwanda bavuye muri Congo barashwe

Mu karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, akagari ka Gikombe, umudugudu wa Gafuku habayeho guhangana hagati y'inzego z'umutekano z'u Rwanda n'abantu bari baturutse muri...

RWANDA-BURUNDI: Abanyarwanda barenga 50 barafunzwe mu bice bitandukanye byo mu Burundi

Kuva tariki 11 Mutarama 2024  Guverinoma y'u Burundi yafata umwanzuro wo gufunga imipaka ihuza iki gihugu n'u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari abanyarwanda...

U Burundi bwamaze gufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda

Kuri uyu wa kane nibwo Leta y'u Burundi yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yose ihuza iki guhugu n'u Rwanda, ndetse benshi mu bashakaga kwambuka...

Yanditse amateka yo kuba Minisitiri w’intebe muto kandi wemera ko ari umutinganyi mu mateka y’Ubufaransa

Ku myaka 34 y'amavuko Gabriel Attal yagizwe Minisitiri w'intebe w'Ubufaransa. Attal niwe muntu ukiri muto ubashije gufata uyu mwanya mu mateka y'Ubufaransa kandi unemera...

Bwambere perezida wa koreya y’amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe n’umwana we! Ibyo Amuvuzeho biteye ubwoba >>>>

Bwambere perezida wa koreya y'amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe numwana we wumukobwa mumuhango wokumurika ibitero bya kirimbuzi muruwomuhango wari witabiriwe n'abantu batari bacye! Byatumye abantu...

Nyuma y’imyigaragambyo irimbanije ingabo za Congo zongeye gukozanyaho na M23, aho M23 ikomeje kubashinja guteza akavuyo Dore ko President wa R.D.Congo yanze kubahiriza ibyavuye...

Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa...

Aho bateganya kuzashyingura Sankara ntihavugwaho rumwe hagati y’ umuryango we na leta

  Nyuma y' imyaka isaga 30 apfuye, ibisigazwa by’umubiri we, Thomas Sankara wahoze ari perezida wa Burkina Faso byitezwe ko bishyingurwa ahubatswe urwibutso rwe, ariko...

Ibyo wamenya kuri Bomb ishobora guhitana abantu batagira ingano, itunzwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Uburusiya, Ubwongereza, Ubushinwa, Ubufaransa, Ubuhinde, Israheli, Pakistani na...

Ibyo wamenya kuri Bomb ishobora guhitana abantu 100.000.000 itunzwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Uburusiya, Ubwongereza, Ubushinwa, Ubufaransa, Ubuhinde, Israheli, Pakistani na Koreya...

FARDC yahaye M23 izeserano rikomeye munama yabereye i luanda

Radio Okapi ivuga ko iri sezerano yariherewe mu nama yari yitabiriwe n’umuyobozi w’ingabo za EAC zoherejwe muri Congo kugarura amahoro, abahagarariye ingabo z’umuryango...

Iran yarashe umugabo wayishimaga hejuru ubwo yarimaze gutsindwa na Amerika

Umunya-Iran, Mehran Samak w’imyaka 27 yarashwe n’inzego z’umutekano muri iki gihugu, nyuma yo kuzenguruka umujyi avuza amahoni y’imodoka ye yishimira ko Iran isezerewe mu...

Nyuma y’umutekano ubarirwakumashyi bagiye kwinjira mumatora ya Perezida muri DR-Congo

Akanama k’amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cumi na kabiri mu...

Follow us