spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Iran yarashe umugabo wayishimaga hejuru ubwo yarimaze gutsindwa na Amerika

Umunya-Iran, Mehran Samak w’imyaka 27 yarashwe n’inzego z’umutekano muri iki gihugu, nyuma yo kuzenguruka umujyi avuza amahoni y’imodoka ye yishimira ko Iran isezerewe mu...

Nyuma y’umutekano ubarirwakumashyi bagiye kwinjira mumatora ya Perezida muri DR-Congo

Akanama k’amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cumi na kabiri mu...

Ba Gitifu b’Utugari n’abayobobozi ba DASSO bahawe moto mu karere ka nyanza!!

Hatazwe moto zisaga 64 ku Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari twose tugize Akarere ka Nyanza n’abayobozi ba DASSO muburyo bwokoroherezwa akazi. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa...

Kuruyu wa gatatu i Luanda muri Angola hari kubera inama yiga k’umutekano w’u Rwanda na DRC.

Kuruyu wa gatatu i Luanda muri Angola hari kubera inama yiga kumutekano w'u Rwanda na Congo. Ni nama yateranyije abarimo Perezida wa Congo Felix...

Ibihugu 10 bifite ubudahangarwa mubya Gisirikare bitewe n’igitinyiro byifitemo kurusha ibindi.

Isi numwe mumibumbe 8 igize icyo nakwita nk'isanzure, Ikaba igizwe n'imigabane 6 ariyo Asia, Africa, North America, South America European, na Australia. Iy'imigabane igizwe...

BITEYE UBWOBA:Guverinoma Y’urwanda itangaje ko indege y’intambara ya Congo iguye I Rubavu bitunguranye

  Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda, ndetse igwa...

ZAMBIA! a Nouvelle-Zélande, Elias Munshya, yatunguye benshi ubwo yajyaga mu muhango wo gutanga impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye muri ibi bihugu yambaye ijipo kandi...

Ambasaderi mushya wa Zambia muri Australie na Nouvelle-Zélande, Elias Munshya, yatunguye benshi ubwo yajyaga mu muhango wo gutanga impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye muri...

AMAKURU MASHYA: Umwamikazi w’ubwungongereza Elizabeth ll yatanze kumyaka ye 96 y’amavuko

  Ni mugihe cy’Amasaha make Abongereza bari bahangayikishijwe n’ubuzima bw’Umwamikazi Elizabeth II ku buryo bamwe bari batangiye kujya kumusabira. Baciye ingando ku nyubako y’ibwami, Buckingham Palace,...

RDC: abaturage bakoze yimyigaragambyo yo kwamagana abobita barusahurira munduru {MONUSC}

Muri Teritwari ya Rutchuru muri Kivu y’Amajyaruguru ahitwa Karengela, abaturage bazindukiye mu myigaragambyo ikaze yo kwamagana Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro muri Kongo-...

Perezida wa Sri Lanka arikweguzwa byihutirwa nyuma y’abaturage ibihumbi barikwigaragambya bamusaba kuva kubutegetsi

Muri Sri Lanka, abaturage bigaragambya basaba ko prezida w’icyo gihugu na Minisitiri w’Intebe we begura, barahiye barasizorako batazigera bava mu biro bya prezida n’ibya...

Perezida Kagame yagaragaje uruhande ahagazemo nyuma yuko Perezida wa DRC akomeje kugaragaza kashaka gushoza intambara ku rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru wa France24 Marc Perelman i Kigali” cyibanze ku masezerano yo guhagarika umwuka mubi hagati y’u Rwanda...

Inkuru yakababaro José Eduardo dos Santos wayoboye Angola imyaka 38 yatabarutse

José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro...

Abifuza gusimbura Boris Johnson weguye ku mirimo ye batangiye guhatana

Urugamba rwo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza. Tom Tugendhat niwe...

Follow us