spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

Biratangaje cyane: Hamenyekanye abahanzi batatu wagirango nimpanga (injyamugambi)

  Kumbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa ifoto yumuhanzi Paul Okoye uzwi nka Rudeboy wo mu itsinda rya P-Square ryo muri Nigeria bamugereranya nabahanzi bahano mu Rwanda. Kugicamunsi...

Ni akumiro noneho : miss mutesi jolly umva ibyo avuze kubatangaje ko atwite >>>>(amafoto +video)

Kumbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hacicikana amakuru avuga ko Miss mutesi jolly yaba atwite ariko akabigira ubwiru  ntabitangarize abantu Nyuma y'amafoto miss jolly mutesi amaze iminsi...

Agashya muri muzika nyarwanda : CHARY na NINA nyuma yo kunanirwa gukora imiziki bagahungira mumahanga Basimbuwe n’abandi bakobwa bafite impano Zidasanzwe (amafoto +...

Nyuma y'igihe kitari gito  Abahanzi b'abanyarwandakazi bazwi nka chary na NINA batagaragara muruhando rwa muzika  kandi bikaba byaramenyekanye ko batakibarizwa mugihugu cy'u Rwanda nyuma...

KARABAYE: Umva amajwi y’umuhanzi vestine ari kuvugana n’umukunzi we akomeje kwibazwaho byinshi>>>

Hamaze iminsi humvikana amajwi bivugwa ko ari a y'umuhanzi vestine ubarizwa muri label ya MIE empire  mw'itsinda rizwi nka vestine na dorcas yamenyekanye cyane...

Nyuma yo kumenya ko Umwarimu kazi Fran batete ari mushiki w’umunyamideri moses twahirwa uhagarariye motion fashions Reba ibyo abanyeshuri yigishije bari gukora >>>>

Nyuma y'uko hakwirakwijwe amashusho kumbuga nkoranyambaga agaragaza umunyamideri moses twahirwa uhagarariye motion fashions izwi ho gukora imyambaro igezweho ndetse no kwambika abantu benshi bakomeye...

Meddy nyuma y’igihe bizwi ko yarozwe ubutazatuma asubira mumuziki agiye gusohora indirimbo nsha!!

Umuhanzi Nyarwanda umaze kwigarurira imitima ya benshi Ngabo Medard yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yavugaga ko agiye gusohora indirimbo nshya, ni nyuma y’igihe...

Shaddyboo yagaragaje amaranga mutima ye ubwo yabonaga umukunzi we {rebamafoto}

Mbabazi Shadia wamamaye mu myidagaduro nka Shaddyboo, yasomanye n’umusore bakundana biratinda nyuma y’uko basoje umwaka bari mu rukundo rutazira akangononwa mu bantu. Bigaragara ko yari...

Miss Croatia y’igaragaje mumpanoye afite yo gukururabagabo mugikombe cy’isi 2022

8Umunya Croatia,Ivana Knoll,wahogoje abagabo benshi kubera imyambarire ye n’uburanga,yagaragaye ku mukino w’Ubufaransa na Maroc yambaye imyenda y’umukara gusa aho kwambara amabara y’igihugu cye nkuko...

Prince Kid yagizwumwere kucyaha yarakurikiramweho cyogusaba ruswa yigitsina

Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na...

Ish Kevin mububabare bukomeye ariguterwa n’uburwayi

Mu gihe abakurikiranira hafi umuziki wo mu Rwanda bari bamaze iminsi bibaza ibyo Ish Kevin ahugiyemo cyane ko atari akigaragara cyane, kuri ubu amakuru...

Jennifer Lopez  yatangajeko amaze imyaka 18 afite igikomere yatewe n’umugabowe Ben Afflec

Umuhanzikazi Jennifer Lopez (J Lo) avuga ko igikomere ahora agendana ku mutima ari icyo yatewe no gutandukana Ben Affleck mu mpera ya 2003 nubwo...

Umuhanzi niyo Bosco nyuma yo gutandukana na irene murindahabi agaragaje umubano idasanzwe na bamenya, inkuru irambuye >>>>

Hashize igihe kitari kinini cyane umuhanzi niyo Bosco atangaje ko yasezeye kuri label bari bamaze imyaka bakorana kandi iyo label ikaba ari nayo yamuzamuye...

Junior Multisystem arasaba inkunga y’amasengesho nyuma yo gucyekako impanuka yaba yaramuteye cancel

Ubuzima bwa Karamuka Jean Luc wamamaye mu gutunganya indirimbo nka Junior Multisystem buri mu kaga kubera uburwayi akomora ku mpanuka yakoze, arasaba abantu kumusengera...

Umuhanzi Nyarwanda Bruce Belodie yataramiye abitabiriye Iserukiramuco rya Eddy Kenzo Festival, ryabaye kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2022 ryateguwe n’umuhanzi Eddy Kenzo akaba na...

Umuhanzi Nyarwanda bruce melodie yataramiye abitabiriye Iserukiramuco rya Eddy Kenzo Festival, ryabaye kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2022 ryateguwe n’umuhanzi Eddy Kenzo akaba na...

Follow us