spot_img

Imikino

Amakuru Bijyanye

APR FC yabaye ikipe ya mbere itsindiye kuri sitade Amahoro nyuma yo kuvugururwa

APR FC yatsinze Police FC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro sitade Amahoro biyigira ikipe ya mbere itsindiye kuri iyi sitade kuva yavugururwa. Ni umukino...

Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro sitade Amahoro nyuma y’imyaka ibiri ivugururwa

Kuri uyu wa mbere tariki 1 Nyakanga 2024 ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi w'ubwingenge, mu gikorwa cyayobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda...

Umuhungu wa LeBron James yamusanze mu kibuga, bagiye gukinana mu ikipe imwe

Mu muhango wo kwinjiza abakinnyi bashya muri Shampiyona ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, NBA Championship, uzwi nka NBA Draft, ikipe ya...

Phil Foden yavuye mu mwiherero w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza kubera impamvu z’umuryango

Rutahizamu w'Umwongereza Phil Foden usanzwe ukinira ikipe ya Manchester City yavuye mu Budage aho ikipe y'igihugu iri gukinira igikombe cy'Uburayi, Euro 2024, asubira iwabo...

Amerwe yasubijwe mu isaho ku banyarwanda bari biteguye ibyamamare byakanyujijeho mu mupira w’amaguru (Football legends) i Kigali

Ibyamamare byakanyujijeho mu mupira w'amaguru (Veterans) byari bitegerejwe i Kigali ntibikije nyuma y'uko Igikombe cy'Isi cy'Abakanyujijeho, Veterans Clubs World Championship (VCWC 2024), gisubitswe nk'uko...

Julien Mette yigaritse Rayon Sports avuga ibyayo byose, yitsa mu kunenga ubuyobozi

Umutoza w'umufaransa Julien Mette uherutse gutandukana na Rayon Sports, yavuze byinshi ku bihe yagiriye mu Rwanda birimo kunenga bikomeye ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports...

Amayeri ya Pep Guardiola yafashije Boston Celtics gutwara NBA Championship

Umutoza wa Boston Celtics Joe Mazzulla yatangaje ko inama yagiriwe n'umutoza wa Manchester City Pep Guardiola zamufashije gutwara igikombe cya Shampiyona ya basketball ya...

Muvara ukinira REG VC yasezeranye imbere y’amategeko

Umukinnyi ukina hagati (Fixeur/Central) mu ikipe ya REG VC, MUVARA Ronald, yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we MUHOZA Mariam. Muvara na Mariam bakundanye kuva mu myaka...

APR FC yamaze kwibikaho abakinnyi bane bashya b’abanyarwanda barimo uwo ivanye muri Rayon Sports

APR FC nyuma yo gutangaza ko yatandukanye n'abakinnyi bane barimo OMBOLENGA Fitina, RWABUHIHI Placide, BIZIMANA Yannick na ISHIMWE Christian yatangaje ko yasinyishije abandi bakinnyi...

APR FC yashimiye abarimo Fitina, yongerera amasezerano ba myugariro bayo

Ikipe ya APR FC yasezereye abakinnyi bane barimo OMBOLENGA Fitina, yongerera amasezerano abarimo NIYIGENA Clement. Kuri uyu wa gatatu nibwo ikipe ya APR FC yashimishiye...

FERWAFA yanyomoje ibyo guhindura amatariki ya shampiyona 2024/25

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanyomoje amakuru yavugwaga ko hashobora guhindurwa amatariki y'igihe shampiyona ya 2024/25 izatangirira. Tariki 25 Gicurasi 2024 nibwo hateranye inama...

Bisabye imyaka 16 ngo Boston Celtics yongere kwegukana NBA

Boston Celtics yegukanye shampiyona ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA, ku nshuro ya 18 nyuma y'imyaka 16 itsinze Dallas Mavericks...

Dani Alves yavuze ko Messi yamugobotse mu gihe abandi bamutereranye

Dani Alves yavuze ko Lionel Messi ariwe mukinnyi wenyine bakinanye muri FC Barcelona wamugobotse ubwo yari muri gereza azira ihohotera rishingiye ku gitsina. Muri Gashyantare...

Igikombe cy’isi cya clubs, FIFA Club World Cup, mu isura nshya

Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku isi, FIFA, yamaze gutangaza amakipe 32 azakina igikombe cy'isi cy'ama-clubs muri 2025. Ubusanzwe igikombe cy'isi cya clubs cyakinwaga mu Ukuboza, kikitabirwa...

Follow us