spot_img

Imibereho

Amakuru Bijyanye

NGOMA – RWAMAGANA: Abantu 6 bahitanywe n’impanuka y’ubwato

Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2024 ubwato bwavaga mu karere ka Ngoma bwerekeza mu karere ka Rwamagana bwarohamye mu kiyaga cya Mugesera,...

Ni iki wakora ngo ugere ku munezero n’ibyishimo?

Benshi mu buzima usanga babaho ariko ntabyishimo birangwa mu buzima bwabo n'umunezero ari inzozi kuri bo. Izi ni ingingo 6 zibanze zagufasha kugera ku...

GAKENKE: Abana b’abanyeshuri bakubiswe n’inkuba ku bw’amahirwe bararokoka

Ahagana saa saba n'igice zo kuri uyu wa kane tariki ya 25 Mutarama 2024 mu karere ka Gakenke, umurenge wa Rusasa inkuba yakubise abana...

Zimbabwe: Uburezi bwaho bwanenzwe n’umuryango w’Abibumbye

Kuri uyu wa kane tariki ya 25 Mutarama 2024 ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w'uburezi igihugu cya Zimbabwe cyatanzweho urugero rugaragaza ko abanyeshuri babarirwa mu...

RIB ikomeje iperereza ku rupfu rw’umunyeshuri wo muri LycĂ©e Notre-Dame de CĂ®teaux (LNDC)

Tariki ya 21 Mutarama 2024 nibwo umunyeshuri w'imyaka 16 y'amavuko wigaga muri Lycée Notre-Dame de Cîteaux (LNDC) yitabye Imana, Ikigo k'igihugu cy'Ubugenzacyaha, RIB, gikomeje...

Abayobozi bo mu nzego z’uturere beguye nyuma yo gushinjwa kurya amafaranga y’abaturage

Abayobozi bo mu nzego z'uturere turimo Muhanga, Rulindo na Huye banditse basezera ku mirimo yabo nyuma y'uko abaturage babashinje kurya amafaranga y'ingurane z'ubutaka yaragenewe...

Urukingo rwa Malaria rwatangiye gukoreshwa. Yaba igiye kuranduka burundu?

Nyuma y'uko Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryemeje urukingo rw'indwara ya Malaria, kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Mutarama 2024 rwatangiye...

AMAJYEPFO: Umuyobozi yatawe muri yombi akurikiranyweho gutanga ruswa

Umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu ntara y'Amajyepfo yatawe muri yombi nk'uko byatangajwe n'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha, RIB, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki...

GAKENKE: Ikigo cy’amashuri kibasiwe n’inkongi y’umuriro ihitana umwe mu banyeshuri

Mu masaha y'igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu ikigo cya EAV Rushashi cyafashwe n'inkongi y'umuriro maze umunyeshuri umwe ahasiga ubuzima, undi avunika umugongo, undi...

Imodoka zitwara abagenzi zongerewe mu Mujyi wa Kigali mu gukemura ikibazo k’ingendo

Abagenda mu mihanda ya Kigali kuri uyu wa gatanu nibwo batangiye kubona imodoka zitwara abagenzi mu buryo rusange (bus) nshyashya mu muhanda ndetse ziri...

IBIDUKIKIJE: UBUZIMA BW’INGONA ZO MU BUSHINWA BURI MU KANGARATETE

Hashize igihe kigera ku cyumweru imiyaga yo mu nyanja yibasira igice cy'Aziya y'amajyepfo kirimo Ubushinwa, Hong Kong, Taiwan n'Ubuyapani, ni imiyaga yiswe Typhhoon Haikui....

AMAKURU: UMUNSI NGARUKAMWAKA AHO IBYIYUMVIRO BY’ABANYESHURI BIBA BIRI MU MABOKO YA NESA

Kuri uyu wa kabiri nibwo ikigo k'igihugu gishinzwe ibizamini n'amashuri abanza n'ayisumbuye NESA (National Examination and School Inspection Authority) cyatangaje amanota y'ibizamini bya Leta...

UBUZIMA: KUKI ARI NGOMBWA GUKORA IMIBONANOMPUZABITSINA BURI MUNSI?

Benshi bakora imibonanompuzabitsina bagira ngo bishimishe gusa, nyamara hari ibindi byiza kandi byinshi byagatumye iki gikorwa gisubirwamo kenshi gashoboka hafi ya buri munsi kuko...

RWANDA: Imibare y’abagabo bakoresha ibizami bya DNA mu Rwanda

Imibare ya Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFL), igaragaza ko mu 2022/23, abagabo 780 bakoresheje ibizamini sanomuzi bizwi...

Follow us