spot_img

Amakuru

Amakuru Bijyanye

Nyamagabe:Abaturage batewe ikibazo no gukoresha amazi yozwamo moto

Nyamagabe abaturage barinubira ko nta mazi meza bagira aho birirwa mu bishanga bavoma amazi atemba mu maruhurura no mu migezi itemba aho basaba ubuvugizi...

Umukuru w’igihugu yagize icyo avuga kuri ruhago y’u Rwanda n’ahazaza hayo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasubije uwamubajije kubijyanye na ruhago y'u Rwanda yasubije avugako agiye kwinjira mu mikino agahangana n’imitekerereze mibi yiganjemo...

Muri kenya n’agahinda gakomeye nyuma y’uko 51 bapfuye bazira impanuka

Polisi yavuze ko NAIROBI, Kenya - Ikamyo yagonze izindi modoka n’abacuruzi bo mu isoko mu burengerazuba bwa Kenya ihitana abasaga 51. Ku wa gatanu nimugoroba...

Impinduka zikomeye kurubuga rwa Twitter

Ubuyobozi bwa Twitter buyobowe na Elon Musk bwatangajeko kurubu abakoresha Twitter Hari tweets batagomba kurenza kureba kumunsi Umuntu wese ukoresha uru rubuga ariko ufite konti...

Ishyano riguye mw’isi Umugore wo mu Karere ka muhanga usengera kuri Kuri ADEPR gahogo afashwe amashusho asambana kukarubanda

Umugore wo mu Karere ka muhanga usengera kuri Kuri ADEPR gahogo ndetse akaba ukunze kwitwa mama Tente yagaragaye mu mashusho ari gusambana n'umusore w'imyaka...

Isi yameze amenyo umusore yishe nyina umubyara amunize,>>>Inkuru irambuye

Mu Karere ka nyarugenge mu murenge wa kimisagara mu kagali ka kamuhoza mumudugudu wa nunga umwana yishe nyina amunize murucyerera rwo kuruyu wambere!  nubwo hataramenyekana...

Umva ibyo Perezida Paul kagame avuze kumpanuka y’imodoka yaritwaye abanyeshuri kicukiro rebero igakomeretsa benshi

Iyi mpanuka yabaye muri iki gitondo cyo kuri Le 09/mutarama  mu Karere ka kicukiro ubwo imodoka yo mu bwoko bwa coastal yaritway abanyeshuri bo...

abarimu bakomeje kubyinira kurukoma 

 Umwaka wa 2022 wafashwemo ibyemezo bitandukanye bigamije kuzana impinduka nziza mu burezi, birimo kuzamura umushahara wa mwarimu, bamwe bavuga ko byababereye nk’igitangaza.   Ikibazo cy’umushahara w’abarimu...

Inkari z’abagore batwite zimaze guteza rwaserera

Abaturage bo mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, baravuga ko inkari z’abagore batwite ziri gutwarwa n’ikompanyi izikoramo ubushakashatsi zikomeje guteza amakimbirane mu...

Imiryango y’iburayi irasabira igisirikare cy’Urwanda ibihano

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu y’Iburayi yasabye umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE) guhagarika inkunga uha igisirikare cy’u Rwanda, igishinja gufasha umutwe wa M23. Mu ibaruwa ifunguwe,...

Yafashwe yiba amatara yarimbishijwe muganda  

Umugabo yafashwe ubwo yarimo kwiba amwe mu matara yarimbishijwe ku mikindo mu Mujyi wa Kigali, mu rwego rwo kwitegura Noheli n’umwaka mushya. Iyo utembereye Umujyi...

Bamporiki yongeye kujya imbere yabacamanza

Hon. Bamporiki Edouard wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda uherutse gukatirwa gufungwa imyaka ine, akajurira, yaburanye ubujurire, aho abamwunganira bavuze ko ibikurukiranywe kuri uyu munyapolitiki...

Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima asimbuye Dr Ngamije Daniel wari uri kuri uwo mwanya guhera muri Gashyantare 2020.

Nkuko tubikesha ibiro bya minister w'Intebe kur'uyu wa mbere, Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima asimbuye Dr Ngamije Daniel wari uri kuri uwo mwanya...

Polisi yize kucyibazo kimaze iminsi gihangayikishije benshi mukubona perimi

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihe korohereza abakorera impushya nibyangobwa bya burundu n’iby’agateganyo byihuta. Ibi bije nyuma y’aho benshi bamaze gusiragizwa bakamara imyaka birukinyuma y'...

Follow us