spot_img

Amakuru

Amakuru Bijyanye

Ikoranabuhanga nibintu byabo! Hamenyekanye itsinda ridasanzwe hano mu Rwanda rifite intego yo gutera ikirenge mucyaba Bill Gate, Mark Zucherberg na Jack Ma, byinshi wabamenyaho.

Kurubu abantu benshi bakoresha interineti bagakoresha nimbuga zitandukanye mubuzima bwabo bwa burimunsi, tuzi imbuga nka Facebook, WhatsApp, Alibaba, nizindi kurubu zigaruriye abazikoresha kuko zibafasha,...

Kamonyi: Abatuye ndetse nabakorera mumurenge wa Kayenzi by’umwihariko mutugali twa Nyamirama na Kayonza bagaruye ibyiringiro.

Abaturage batuye mu Karere ka Kamonyi mumurenge wa Kayenzi  by'umwihariko abatuye mu tugali twa Nyamirama na Kayonza  bagaruye ibyiringiro byo kuzabona umuriro wa mashanyarazi...

Umugabo yatwikiye uruhinja munzu

Umugabo witwa Ndisetse Francois w’imyaka 56 yatwitse inzu yabanagamo n’umuryango we hahiramo umwana wabo nyuma yo gukubita no gukomeretsa bikomeye umugore we Uzamukunda Vestine...

Kigali: Inkongi y’umuriro yibasiye agakiriro n’amazu y’ubucuruzi.

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimirongo ahitwa mu Izindiro habaye inkongi y'umuriro murukerera rwo kuruyu wambere. Ni inkongi y'umuriro yibasiye agakiriro ko mu...

Ababyeyi babyutse barwana umwana w’uruhinja ahasiga ubuzima.

Mugihugu cya Zambia ababyeyi barwaniye mucyumba aho hafi yaho umwana yararyamye baramugwira ahita ahasiga ubuzima. Nkuko byatangajwe na Televiziyo ya Diamond Tv yo muri Zambia,...

Rubavu:Yarashwe acyekwaho ubujura.

Umusore wo mu karere ka Rubavu yarashweka ninzego zumutekano zo murako karere ka Rubavu. Mu kagari ka Gikombe, mu Mumurenge wa rubavu muntara y'iburengerazuba,mu ijoro...

Umwana wumuhungu yagiye koga mu Kivu ahasiga ubuzima

Mu Kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko, wapfiriyemo yagiye...

Biratangaje cyane: Leta yamaze imyaka 30 ihemba umuntu wapfuye.

Umugabo witwa Donald Felix Zampach wo muri Amerika yahishe ko nyina yapfuye imyaka isaga 30, akomeza gufata pansiyo ye. Ubwo buriganya bwatangiye mu mwaka 1990...

UMUTESI Scovia yaserutse bukumi mwijoro ryacyeye

Mwijoro ryakeye haraye hatanzwe ibihembo bya influence Awards aho Abanyamakuru bo mu Rwanda batora mugenzi wabo witwaye neza muri uwo mwaka cyangwa wagragaye mu...

Intambara z’abaherwe babiri rwabuze gica Threads irakora akantu

Threads yateje impagarara kumbuga nkoranyambaga ku isi yose ndetse no mu binyamakuru. Threads n'urubuga rwakozwe na nyiri "Facebook " na "Instagram " ariwe "Mark Zuckerberg" umuherwe...

Bamwe mubyamamare bamaze kuyoboka urubuga rushya Threads

Threads ni urubuga rwatangijwe n'ikigo cy'ikoranabuhanga kitwa Meta kiyoborwa na Mark Zucherberg Ari nacyo gifite imbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram. Mark Zucherberg yatangaje ko...

RIB yagize icyo ivuga kumubare yabonetse yabahakana bakanapfobya jenoside yakorewe abatutse 1994

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), buravuga ko mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakiriye amadosiye 187 arimo...

Uwatumye Jado Castal afungwa yongeye guhabwa akazi ko gutoza ikipe y’igihugu

Uwahoze atoza ikipe y'igihugu ya volley ball umunya Burezile Paul Jose La Taluso watoza u Rwanda ubwo rwahabwaga ibihano kubera kuzana abanya Burezile bigatuma...

Byamurenze: Christopher inzozi ze zabaye impamo

Mu muhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora kunshuro ya 29, Perezida Kagame yakiriye abantu batandukanye mu birori byabereye muri Kigali Convention Center. Muri bo harimo...

Follow us