spot_img

AMAKURURU

Yakatiwe gufungwa imyaka 5 azize kwica ingurube.

Urukiko rwisumbuye mu burasirazuba bw'u Rwanda mu kwezi gushize rwakatiye Sadate Musengimana igifungo cy'imyaka itanu ahamijwe kwica ingurube ku bw'inabi, umwunganizi we avuga ko...

Undimujepe mukuru mubarinda perezida Tshisekedi yarashwe na M23 munkubiri ya Bunagana

Gen.Chico Tshitambwe wari umuyobozi w’abajepe barinda Perezida Tshisekedi wari woherejwe kurandura M23 , nyuma yo gutsindwa kwa Gen. chirumwami, yarasiwe kurugamba ataramara iminsi ibiri. Gen...

Rwamagana City FC nyuma yogutsinda Interforce ubirikubarizwa mukicyiro cyakabiri

Rwamagana City FC yongeye kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere yaherukagamo mu 2016, nyuma y’uko yatsinze Interforce FC ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2 wo...

Sauti Sol yiyambaje ubutabera nyuma yikoreshwa ryindirimbo yayo yakoreshejwe mukwiyamamaza kwa Raila Odinga

Kenya - Itsinda rya muzika rikomeye rivuga ko rigiye kurega Raila Odinga, wahoze ari minisitiri w'intebe ubu wiyamamariza kuba perezida, rimushinja gukoresha indirimbo yabo...

Covid-19 muri South Africa yibasiye intare bikaba bitera impungenge abaturage

Intare na pumas zo mu kigo cyororerwamo inyamaswa (zoo) muri Africa y'Epfo zanduye Covid-19 ziyivanye ku bazorora, nk'uko ubushakashatsi bw'abahanga ba kaminuza ya Pretoria...

Batatu batawe muri yombi bacyekwaho gutwika umugore na lisansi

Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda ruvuga ko rufunze abantu batatu bashinjwa uruhare mu gutwika na lisansi umugore w'imyaka 45 wari umuturanyi wabo, agapfa. Clementine Mukagatare, umubyeyi...

Mu mpuzankano ya gisirikare Pasiteri yahanuye ko Imana igiye kurimbura abateye Congo

Pasiteri Kabundi Walesi wo mu Itorero Centre de Réveil Spirituel (C.R.S) mu Mujyi wa Kinshasa muri RD Congo yayoboye iteraniro mu mwambaro wa Gisirikare,...

Kigali: Bouncer afungiye kuri RIB Station ya Nyarugenge ahazwi nka La Galette azira gukubita no gukomeretsa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko kuwa 23 Kamena 2022 rwataye muri yombi umukozi ukorera mu kabari Club Branch 250 “Bouncer” witwa Kayonga Celestin...

Rwanda rwarezwe guhonyora amasezerano y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kubera ifungwa ryimipaka

U Rwanda rwatsinzwe mu rubanza rwarezwemo n’Umunyamategeko w’Umunya-Uganda warureze gufunga imipaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko bikagira ingaruka zinyuranye ku batuye Ibihugu byombi.   Ni urubanza rwaburanishijwe...

Urugendo rwa Museveri yagiriye mu rwanda rutumye yitwa Umugambanyi kuberiki?

  Urugendo Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yagiriye mu Rwanda ubwo yitabiraga inama ya CHOGM rwafashwe n’Abanyekongo nk’ubugambanyi ku gihugu cyabo banasaba ko hakwiye...

Uganda: Abanyeshuri bo mu myaka ibiri bahagaritswe kubera imirwano yabereye hagati yabo nyuma yamahano yabereye muri ntare school

Ubuyobozi w’Ishuri ryisumbuye rya Mbarara High School muri Uganda, bwahagaritse mu gihe cy’ibyumweru 2 abanyeshuri bose bo mu mwaka wa gatandatu n’abo mu wa...

Bimwe mubintu umusore ashobora gukora akigarurira umutima w’umukobwa bitamugoye

Kwigarurira umutima w’umukobwa akenshi ntibigorana ku muntu uzi neza icyo ashaka bumwe mu buryo umusore ashobora gukoresha akaba yakigarurira umutima w’umukobwa bitamugoye. Dore bimwe mi...

Ingabo z’u Burundi zahitanye inyeshyamba nyinshi z’umutwe wa FLN

menu Ingabo z’u Burundi zahitanye inyeshyamba nyinshi z’umutwe wa FLN Ahabanza Amakuru Mu mahanga Yanditswe: Dusingizimana Remy  1 hour ago  Share  Share  Tweet  Email  Share Ingabo z’igihugu cy’u Burundi zakozanyijeho n’inyeshyamba z’umutwe wa FLN urwanya Leta...

Abakinnyi ba Chelsea babwiye umutoza wabo umukinnyi bifuza ko agura menya byinshi kubyerecyeye uwomukinnyi

Abakinnyi b’ikipe ya Chelsea barimo n’abakuru basabye umutoza wa Thomas Tuchel ko yagura rutahizamu Richarlison wa Everton agasimbura Romelu Lukaku Chelsea ihanganye naTottenham mu gushaka...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us