spot_img

Masakombe Guillaume

Umusifuzi wa 6 yahagaritswe muri Shampiyona y’u Rwanda

Umusifuzi Karangwa Justin wasifuye ku ruhande mu mukino wahuje Rutsiro FC na APR FC yahagaritswe ibyumweru bine (4) adasifura kubera igitego cya APR FC...

Ikipe ya Al Merrikh y’umutoza Darko Novic nayo yageze i Kigali

Ikipe ya Al Merrikh nayo yageze i Kigali gukina Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League 2025-26, biyigira ikipe ya kabiri ari nayo ya nyuma...

David Beckham yahawe umudari w’ishimwe, ikote rye ritangaza umwami

Umuherwe David Beckham yahawe umudari w'ishimwe n'umwami w'Ubwongereza Charles III kubera ibikorwa bye by'indashyikirwa mu guteza imbere umupira w'amaguru n'ibyo gufasha bimuha kuzajya habanza...

Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali aho azakorera igitaramo

Umuhanze wamamaye mu ndirimo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 3...

Ubuyobozi bwa FERWAFA bwasuye ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 yitegura CECAFA (+Amafoto)

Ubuyobozi bw'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA bwari buyobowe na Perezida Dr. Shema Ngoga Fabrice bwasuye ikipe y'igihugu y'abatarengeje imyaka 17 iri kwitegura CECAFA...

U Rwanda rwahawe igihembo nk’Igihugu gifite ibikorwaremezo bibereye ubukerarugendo

U Rwanda rwahawe igihembo nk’Igihugu gifite ibikorwaremezo bibereye ubukerarugendo cyiswe "Best Tourism Infrastructure Award" mu bihembo bya Africa Tourism Awards 2025. Ibihembo bya Africa Tourism...

Rayon yitwaye neza, APR iratsikira, Police irahagarikwa: Umunsi wa 6 wa Rwanda Premier League

Kuri iki cyumweru tariki 2 Ugushyingo hasojwe imikino y'umunsi wa 6 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League hakinwa imikino 3 irimo uwo Rayon...

Ngabonziza Augustin waririmbye indirimbo “Ancilla” yitabye Imana

Umuhanzi Ngabonziza Augustin wamenyekanye mu myaka yo hambere yitabye Imana azize uburwayi ku myaka 63 y'amavuko. Kuri uyu wa mbere tariki 3 Ugushyingo 2025 nibwo...

Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania muri manda ye ya kabiri

Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuyobora Tanzania muri manda ye ya kabir nyuma yo gutorwa ku majwi 98% mu matora yabaye ku wa gatatu w'icyumweru...

Volleyball: Gisagara yeretse Police ko ariyo mutware w’urugo, Kepler inyura muri APR (+Amafoto)

Gisagara VC, Kepler VC, RP Ngoma na EAUR VC zabonye amanota atatu ku mikino y'umunsi wa 3 ibanza (Phase 1, Round 3) wa Shampiyona...

Umukinnyi wakiniraga Tottenham yateye umugongo ruhago ajya mu gufotora

Umukinnyi wakinaga nk'umuzamu mu ikipe ya Tottenham Hotspur yo mu Bwongereza, Alfie Whiteman yasezeye ku gukina umupira w'amaguru nk'umukinnyi wabigize umwuga yigira mu mwuga...

APR FC yababariye Mamadou Sy na Dauda Yussif

APR FC yatangaje ko yababariye Mamadou Sy na Dauda Yussif bari barahanwe kubera imyitwarire mibi, kuri ubu bakaba basanze bagenzi babo mu mwiherero. Mu gitondo...

Tanzania: Umushoramari akaba n’umuhanzi Juma Jux yatwikiwe iduka, Diamond Platinumz arahunga

Umushoramari akaba n'umuhanzi wo muri Tanzania Juma Mussa Mkambala uzwi nka Juma Jux yatwikiwe iduka rihagaze miliyoni $780 n'abigaragambya muri Tanzania. Imyigaragambyo yo muri Tanzania...

Padiri Claude Talbot yasezeweho bwa nyuma, ashyingurwa mu cyubahiro

Padiri Claude Talbot wabaye umurezi wa benshi mu iseminari nto ya Karubanda (Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare) yasezeweho bwa nyuma ashyingurwa muri iyi...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us