spot_img

Masakombe Guillaume

Paul Pogba yongeye kugaruka mu kibuga nyuma y’imyaka 2

Umufaransa ukomoka muri Guinea Paul Pogba yongeye kugaruka mu kibuga nyuma y'imyaka 2 adakandangira mu kibuga kubera ibihano byo gukoresha imiti yongera imbaraga. Paul Pogba...

Eberech Eze yanditse amateka mu mukino Arsenal yatsinzemo Tottenham

Umwongereza Eberech Eze ukinira Arsenal yaciye uduhigo dutandukanye nyuma yo gutsinda ibitego 3 mu mukino w'umunsi wa 12 wa Shampiyona y'Ubwongereza, English Premier League...

FC Barcelona yongeye gukinira i Camp Nou nyuma y’imyaka ibiri n’igice

Ikipe ya FC Barcelona yongeye gukinira kuri Sitade yayo Camp Nou yitirirwa umuterankunga Spotify nyuma y'iminsi 909 yarimaze itahakinira kuko iyi sitade yariri kuvugururwa. Ku...

Musanze yajombye ihwa mu byishimo bya APR FC

Ikipe ya Musanze FC yatsinze APR FC ibitego 3-2 mu mukino w'umunsi wa 8 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League wabereye kuri Sitade...

AS Kigali yabonye ubuyobozi bushya buyobowe na Rindiro Jean Chrysostome

AS Kigali yabonye ubuyobozi bushya nyuma y'uko Shema Fabrice wayiyoboraga abaye Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA. Kuri iki cyumweru tariki 23 Ugushyingo 2025...

Umuvu w’amarira y’abafana ba Rayon Sports wongeye gutemba i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na AS Kigali ibitego 2-0 mu mukino w'umunsi wa 8 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League kuri Kigali...

FERWAFA yashyizeho umunyamabanga mukuru mushya

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ko ryashyize Mugabe Bonnie ku mwanya w'umunyamabanga mukuru asimbuye Mugisha Richard waruriho mu nziba cyuho. Mu itangazo FERWAFA...

Volleyball: Intambara y’amagambo hagati ya APR WVC na Police WVC mbere yo gucakirana, REG ishaka kurya umugono Gisagara

Kuri uyu wa gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025 Shampiyona ya Volleyball irakomeza hakinwa umunsi wa 6 mu bagabo ndetse n'umunsi wa 5 mu bagore...

Gasogi irakira Kiyovu Sports: Umunsi wa 8 wa Rwanda Premier League

Guhera kuri uyu wa gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025 harakinwa imikino y'umunsi wa 8 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League. Imikino y'umunsi wa 8...

Cycling: Abanyarwanda batatu batangiye begukana imidari muri Shampiyona y’Afurika

Abanyarwandakazi Mwamikazi Jazila, Nirere Xaveline na Masengesho Yvonne babonye imidari ku munsi wa mbere wa Shampiyona y'Afurika y'Amagare, 2025 CAC Road Cycling African Championships...

Perezida Kagame yagabiye inka z’inyambo Emir wa Qatar

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yagabiye inka Emir wa Qatar Sheikh Tamin bin Hamad Al Thani mu ifamu ye iherereye Kibugabuga. Kuri uyu...

Cristiano Ronaldo yishimiye gusangira na Perezida Donald Trump

Kizigenza mu mupira w'amaguru Cristiano Ronaldo yagaragaje ko yishimiye bikomeye gusangira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika Donald Trump muri White House. Mu butumwa...

Achraf Hakimi yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika w’umwaka

Myugariro wa Paris Saint Germain w'umunya-Morocco Achraf Hakimi yegukanye igihembo cy'umukinnyi w'umunyafurika mwiza w'umwaka mu bihembo ngarukamwaka bitangwa n'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF. Achraf...

RPL yatangaje gahunda y’imikino y’amakipe yo muri Sudani

Rwanda Premier League yashyize hanze ingengabihe y'imikino y'amakipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y'u Rwanda y'uyu mwaka wa 2025-26. Ku ngengabihe ivuguruye yatangajwe Al...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us