spot_img

AMAKURURU

Papa cyangwe ashyize hanze indirimbo yakoranye numuraperi ukomeye murwanda

"Papa cyangwe" yashyize hanze indirimbo yakoranye na ish kevin nyuma yokuyiteguze "Papa cyangwe" Umuhanzi nyarwanda wahoze muri "Rocky Entertainment" iyoborwa numusobanuzi wa firime "Rocky" nyuma...

Umtiti nyuma yokwimwa umwanya na FC Barcelona yamaze gusinya mw’ikipe yomubufaransa

"Samuel Umtiti" yamaze Kuva muri "FC Barcelona" nyuma yokutagirirwa ikizere yamaze kwerekeza muri "Lille" "Samuel Yves Umtiti" wimyaka 29 yamavuko akinira ikipe yigihugu yubufaransa akaba...

Kuba inyangamugayo, gukora cyane no kuba Ari ikitegererezo byatumye aba kapiteni w’ikipe ikomeye ku isi.

Bruno Fernandes w'imyaka 28 uri mu bahabwaga amahirwe cyane,  byarangiye Erik Ten Hag ariwe ahisemo nka kapiteni mukuru.  Kuwa Kane w'iki cyumweru ni bwo iyi...

Riderman yakoze indirimbo mujyana y’amapiyano

Umuraperi "Riderman" ukunzwe nabataribacye yashyize hanze indirimbo shyashya yayise "Empty Rocket" "Gatsinzi emery" uzwi kwizina ryubuhanzi rya "Riderman" cyangwa Igisumizi kur'ubu afite imyaka 36 yamavuko...

Sadio Mane hamenyekanye ikipe bari mu biganiro

"Al nassr" irimubiganiro n'umusore wa "Bayern Munich" Sadio Mane nyuma yamakimbirane n'abagenzi be "Sadio mane" w'imyaka 31 y'amavuko akinira ikipe y'igihugu ya Senegal yanatwaranye nayo...

Ibintu byageze kurundi rwego! Abatoza bashya Bari hategerejwe cyane nabakunzi ba APR FC bageze mu Rwanda.

Umutoza Thierry Froger n’umwungiriza we Khouda Karim, bageze mu Rwanda aho bagiye gutangira akazi ko gutoza APR FC mu mwaka utaha w’imikino wa 2023-2024. Mu...

Ibya Titi Brown bikomeje kuba agaterera nzamba.

Titi Brown ibye bikomeje kugorana, nanubu ntibirasobanuka nkumwe mubari bahagaze neza mugisata k'imyidagaduro  ninawe wenyine rukumbi urubanza rwe rutinze kurangira nyamara bamwe mubagiye bagera...

Kevin Philips munzira zimwerekeza muyindi kipe

"Klopp" arimunzira zogushaka umukinnyi wohagati mukibuga amaso yayerekeje kumusore "Kevin Philips" "Kevin mark Philips" wimyaka 27 yamavuko ukinira ikipe yigihugu Y'abongereza akaba yarakiniye amakipe nka...

Ibyabaye kucyamamare 2pac

Police ya "LAS Vegas" (L.A) muri America yongeye guhagurutsa iperereza kubwicanyi bwakorewe umuhanzi "2pac Umar Shakur" "Tupac Amaru Shakur" wavutse , ku ya 16 Kamena...

Benjamin Mendy nyuma yiminsi micye ishize agizwe umwere ahise asinyira ikipe ya Lorient

"Benjamin Mendy" yizeye ko azagaruka neza bidatinze mu mwuga we w'umupira w'amaguru, nyuma y'iminsi itanu gusa ahanaguweho icyaha cyo gufata ku ngufu, asinyiye ikipe...

Chukwueze arikwifuzwa nikipe ikomeye yomubutariyani

"Samuel Chukwueze" ukinira ikipe ya Villarreal arikwifuzwa bikomeye nikipe ya "AC Milan" yomubutariyani Umusore "Samuel Chukwueze" wimyaka 24 uvuka kumugabane wa Africa muri "Nigeria" Akaba arinomubanyafurika...

Byari byarangiye! Diamond Platnumz yashyize hanze amashusho agaragaza ukuntu yasimbutse urupfu.

Umuhanzi ukomeye cyane muri Tanzania ndetse no muri Africa Diamond Platnumz  umwe mu bahanzi bategerejwe mu Rwanda mu minsi iri imbere yashyize hanze amashusho...

Zari Hassan yongeye kwikoma abamushinja urupfu rw’umugabo we

Uyu mugore w’umuherwekazi cyane asanzwe akomoka muri Uganda ariko yibera muri Africa yepfo yongeye  kwikoma abavugako yaba ariwe wishe umugabo we Ivan Ssemwanga. Zari...

Abatoza bashya ba Rayon Sport baganirije abakinnyi banagenera ubutumwa bukomeye abafana biyi kipe.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 18 Nyakanga 2023, ni bwo abakinnyi n’abatoza bari basanganywe n’ikipe bageze ku kibuga cyo mu Nzove...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us