spot_img

AMAKURURU

Inkuru yakababaro José Eduardo dos Santos wayoboye Angola imyaka 38 yatabarutse

José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro...

Nyuma yigihe kitarigito atari mu rwanda Daniel Ngarukiye wamenyekanye mujyana ya gakondo yagarutse murwamubyaye amarangamutima aramwica asomubutaka.!

Nyuma y’imyaka irindwi umuhanzi Daniel Ngarukiye abarizwa ku mugabane w’i Burayi yatunguranye ubwo yagarukaga agasoma ubutaka bw’u Rwanda i Kanombe. Daniel Ngarukiye yageze i Kigali...

Kenneth Petty Umugabo wa Nick Minaj kurubu afungiye murugo!

Kenneth Petty umugabo wa Nick Minaj yahawe igfungo kingana n’umwaka atarenga urugo rwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kutimenyekanisha nk’umuntu wakoze ibyaha birimo ihohoterwa...

Cristiano Ronaldo akomeje gutenguha  Manchester United

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntazaboneka mu gice kibanza cy’uruzinduko rwa Manchester United muri Thailand,nyuma yo kuvuga ko afite ibibazo by’umuryango. Ronaldo yahawe ikiruhuko kubera impamvu z’umuryango...

Abakobwa barwanye bapfumusore barimubitaro 

Abanyeshuri ba bakobwa bo mu Kigo cya APACE giherereye mu Mujyi wa Kigali barwanye bapfa umusore bagakomeretwsanya bagejejwe mu bitaro aho bari kwitabwaho n’abaganga. Ni...

Abifuza gusimbura Boris Johnson weguye ku mirimo ye batangiye guhatana

Urugamba rwo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza. Tom Tugendhat niwe...

Abe Shinzo wahoze ari minisitiri w’Intebe yarashwe ubwo yarari mubikorwa byo kwamamaza

Abe Shinzo wabaye minisitiri w’Intebe w’ubuyapani yarashwe mu rukerera kuri uyu wa Gatanu aho yari mu bikorwa byo kwamamaza. Amakuru ava mu Buyapani aravuga...

Abayisilamu bahawe itegeko rishya kubijyanye nibitambo bya 2022

Ubuyobozi bw’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) bwategetse abayisilamu bose bifuza gutanga igitambo ko bagomba kubanza gupimisha itungo mbere yo kuribaga, kandi bakabagira iryo tungo ahantu...

Dj Dizzo yavuze kwifugwarye ndetse asobanurako atajatorotse

Mutambuka Derrick wamenyekanye nka Dj Dizzo yasobanuye byinshi ku byerekeranye n’ifungwa ryamuvuzweho mu Bwongereza, yemeza ko ayo makuru ari ukuri n’uburyo byagenze kugira ngo...

Shaddyboo yateye imitoma umukunzi we  kwisabukuruye 

Umunyamideli Mbabazi Shadia wamenyekanye mu isi y’imyidagaduro mu mitoma myinshi yifurije isabukuru nziza umusore bari mu rukundo. Shaddyboo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahanyuzwa...

Judith yagaragajeko arimurukundo numusore yita umwami we nyuma yogutana na Safi basezeranye.

Niyonizera Judith wahoze ari umukunzi wa Safi Madiba akomeje kugaragaza ko aryohewe mu rukundo n’umukunzi we mushya nyuma yo gutandukana n’uwari umugabo we Safi. Hari...

Umugore wimyaka 50 yicishijwe inkoni numugabowe

Mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Rongi, Akagari ka Gasagara mu Mudugudu wa Murehe haravugwa inkuru y’umugore w’imyaka 50 witabye Imana bikekwa ko...

Congo yahaye inzu Abasirikare bakuru muri FARDC nubwo abamwe barikuzitiranya namashuri

Perezida wa Congo Kinshasa, Antoine Félix Tshisekedi yashyikirije inzu z’akataraboneka abasirikare bakuru bafite ba kiriya gihugu. Inzu zagenewe abafite ipeti rya Jenerali ndetse na ba...

Juno Kizigenza nyuma yo kugiranamasezerano na kina rwanda agiye gutaramira abanyarwanda muduce dutandukanye rwigihugu

Nyuma y’uko asinyanye amasezerano y’ubufatanye na Kina Rwanda, Juno Kizigenza agiye gukora ibitamo bizenguruka igihugu ataramira Abanyarwanda ahereye mu Karere ka Rubavu. Kuri uyu wa...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us