spot_img

AMAKURURU

Dore ibimwe mubintu wakorera umukunzi cyangwa umugore wawe bikongera urwo agukunda

7Mu rugo rw’abashakanye cyangwa mu buzima bw’abakundana muri rusange usanga hari ibintu bimwe byagenewe igitsina runaka ku buryo akenshi usanga nko ku bagore...

Ihene imaze kuba kimenya bose bitewe ningano yamatwi yayo atangaje 

Muri Pakistan haherutse kuvuka ihene yavukanye amatwi maremare kurusha izindi zimaze kubaho ku isi, ikaba ikomeje kwamamara ndetse no gutangarirwa na benshi. Iyi hene yiswe...

Abaturage bakubise abapolisi babagira intere!

Abapolisi babiri bajyanywe mu bitaro bameze nabi nyuma yo gukubitwa n’abaturage bo mu gace bakoreragamo. Ku wa gatanu w’icyumweru gishize nibwo aba bapolisi babiri bakomerekejwe...

Perezida wa Sri Lanka arikweguzwa byihutirwa nyuma y’abaturage ibihumbi barikwigaragambya bamusaba kuva kubutegetsi

Muri Sri Lanka, abaturage bigaragambya basaba ko prezida w’icyo gihugu na Minisitiri w’Intebe we begura, barahiye barasizorako batazigera bava mu biro bya prezida n’ibya...

Muhadjiri yerekeje mu kipe ye nshya!

Rutahizamu w'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umupira w'amaguru, Amavubi, Hakizimana Muhadjiri yafashe indege imwerekeza mu gihugu cya Arabie Saoudite mu kipe ye nshya. Mu rukerera rwo...

Mount Kenya University yatangije irushanwa ryo kwita izina hoteli iri kubaka i Kigali

Mount Kenya University yatangije irushanwa rigamije guhemba umuntu uzabasha kwita izina hoteli iyi kaminuza yatangiye kubaka mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro.   Mu...

Umugaba w’Ikirenga wa RDF Perezida Kagame yazamuye abasirikare 3 bakuru muntera

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major...

Argentine Amasasu yavugiye hafi ya stade yabayimbarutso kubafana kuko barwanye hakomereka abatari bacyeya

Umwana w’ingimbi bivugwa ko ari kurwana n’ubuzima bwe nyuma y’amashusho ateye ubwoba yarashwe ku mukino wo mu cyiciro cya kane muri Argentine. Umukino wo guhangana...

Bizimana Djiha n’umufasha we barenda kwakira imfura yabo

Bizimana Djihad ukinira ikipe ya KMSK Deinze mu Bubiligi, n’umugore we Dalida  Simbi baritegura kwakira umwana wabo w’imfura. Nyuma y’uko Simbi umugore wa Djihad akorewe...

Umuyobozi muri zambiya yashyinguwe gakondo bitungura benshi

  Umuyobozi w’agace kitwa Ngoni muri Zambiya yashyinguwe mu isanduku ihagaritse kuko yashyinguwe yicaye aho kuryamishwa nkuko bikorwa ku bandi. Imihango yo gushyingura yatangiranye no kuvuga...

Koko bibiriya ninyanja ngari Umupasiteri yashyingiranwe n’abagore 4 ngo numwuka umutegeka

Muri RD Congo, umupasiteri yakozagashya ashyingiranwa n’abakobwa 4 b’amasugi icyarimwe ndetse asezeranya ko atazahagararira aho. Ubu bukwe budasanzwe bwizihirijwe i Bukavu, umujyi uherereye mu burasirazuba...

Perezida Kagame yagaragaje uruhande ahagazemo nyuma yuko Perezida wa DRC akomeje kugaragaza kashaka gushoza intambara ku rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru wa France24 Marc Perelman i Kigali” cyibanze ku masezerano yo guhagarika umwuka mubi hagati y’u Rwanda...

Inkuru yakababaro José Eduardo dos Santos wayoboye Angola imyaka 38 yatabarutse

José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro...

Nyuma yigihe kitarigito atari mu rwanda Daniel Ngarukiye wamenyekanye mujyana ya gakondo yagarutse murwamubyaye amarangamutima aramwica asomubutaka.!

Nyuma y’imyaka irindwi umuhanzi Daniel Ngarukiye abarizwa ku mugabane w’i Burayi yatunguranye ubwo yagarukaga agasoma ubutaka bw’u Rwanda i Kanombe. Daniel Ngarukiye yageze i Kigali...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us