spot_img

AMAKURURU

Hamissa Mobetto yakuye murujijo abibazaga k’umwana we aherutse kubyara ahamyako yamubyaranye na diamond 

Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli ukomeye muri Tanzania Hamissa Mobetto yihanije abakomeje kuvuga k’umuhungu we bibaza se nyakuri mu gihe we avuga ko yamubyaranye na Diamond...

Iran yarashe umugabo wayishimaga hejuru ubwo yarimaze gutsindwa na Amerika

Umunya-Iran, Mehran Samak w’imyaka 27 yarashwe n’inzego z’umutekano muri iki gihugu, nyuma yo kuzenguruka umujyi avuza amahoni y’imodoka ye yishimira ko Iran isezerewe mu...

Ish Kevin mububabare bukomeye ariguterwa n’uburwayi

Mu gihe abakurikiranira hafi umuziki wo mu Rwanda bari bamaze iminsi bibaza ibyo Ish Kevin ahugiyemo cyane ko atari akigaragara cyane, kuri ubu amakuru...

Jennifer Lopez  yatangajeko amaze imyaka 18 afite igikomere yatewe n’umugabowe Ben Afflec

Umuhanzikazi Jennifer Lopez (J Lo) avuga ko igikomere ahora agendana ku mutima ari icyo yatewe no gutandukana Ben Affleck mu mpera ya 2003 nubwo...

Dore bimwe mubimenyetso umukunzi wawe akwereka agirango mutandukane

Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wari mu rukundo ariko bikaba bitakimurimo ashaka kubivamo. 1. Ibishashi by’urukundo byarashize Niba utakiyumvamo ibishashi by’urukundo ndetse ukanagerageza bikanga bivuze ko...

Umuhanzi niyo Bosco nyuma yo gutandukana na irene murindahabi agaragaje umubano idasanzwe na bamenya, inkuru irambuye >>>>

Hashize igihe kitari kinini cyane umuhanzi niyo Bosco atangaje ko yasezeye kuri label bari bamaze imyaka bakorana kandi iyo label ikaba ari nayo yamuzamuye...

Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima asimbuye Dr Ngamije Daniel wari uri kuri uwo mwanya guhera muri Gashyantare 2020.

Nkuko tubikesha ibiro bya minister w'Intebe kur'uyu wa mbere, Dr Sabin Nsanzimana yagizwe Minisitiri w’Ubuzima asimbuye Dr Ngamije Daniel wari uri kuri uwo mwanya...

Bimwe mubimenyetso bya kwerekako umukobwa yagukunze ariko akabura ukabikubwira

Akenshi biragoye kubona umukobwa watobora ngo avuge ko yakunze umusore gusa abenshi kwihishira birabagora bitewe n’ibimenyetso bagaragaza. 1.Avugana n’abandi ugasanga wowe arakwitarutsa Umukobwa ugukunda akaba yarabuze...

Perezida wa kiyovu yanze kuba insina ngufi ibyo yise umwanda

Ndorimana Jean François Regis uzwi ku izina rya Général aricuza kubayataje mubyoyise umwanda kuko ibyavuze bidakurikizwa. Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United ku yindi nshuro,...

Just goats things (rebamafoto)

🛑🚨 ➡️ Urutonde rw'abakinyi bamaze gutanga pasi ivamwo ibitego mu bikombe vy8'isi bitanu bitandukanye : 🇦🇷1. Leo Messi. u Urutonde rurangiriraho ➡️ Urutonde rw'abakinyi bamaze kwinjiza ibitego mu...

Nyuma y’umutekano ubarirwakumashyi bagiye kwinjira mumatora ya Perezida muri DR-Congo

Akanama k’amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cumi na kabiri mu...

Lionel Messi yatambukije Argentine Mexique nka moses yambutsa abisiraheri inyanja itukura

Ni umukino wabaye ku wa Gatandatu tariki 26 Ugushyingo 2022. Argentine yinjiyemo isabwa gutsinda uko byagenda kose, kugirango igumane icyizere cyo kugera mu mikino...

Ba Gitifu b’Utugari n’abayobobozi ba DASSO bahawe moto mu karere ka nyanza!!

Hatazwe moto zisaga 64 ku Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari twose tugize Akarere ka Nyanza n’abayobozi ba DASSO muburyo bwokoroherezwa akazi. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa...

Junior Multisystem arasaba inkunga y’amasengesho nyuma yo gucyekako impanuka yaba yaramuteye cancel

Ubuzima bwa Karamuka Jean Luc wamamaye mu gutunganya indirimbo nka Junior Multisystem buri mu kaga kubera uburwayi akomora ku mpanuka yakoze, arasaba abantu kumusengera...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us