Perezida wa PSG,Nasser Al Khelaifi yatangaje ko iyi kipe ishaka kugumana na Lionel Messi mu mwaka w’imikino utaha ariyo mpamvu iri gutegura uko baganira.
Uyu...
Umutoza Didier Deschamps yavuze ko hari Abafaransa benshi bifuza ko Lionel Messi atwara igikombe cy’isi uyu munsi atsinze igihugu cyabo.
Ibi yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru...
Kuva mu 1995, APR FC na Rayon Sports zimaze guhura inshuro 93 harimo imikino ya shampiyona, igikombe cy’Amahoro n’andi marushanwa. Ni amakipe utapfa kumva...
Silvio Berlusconi yasezeranye abakinnyi b'ikipe ayoboye ya Monza ko umwaka utaha nibatsinda AC Milan, Juventus na Inter Milan azabagurira indaya ubundi bakinezeza uko bashaka.
Tariki...
Mbabazi Shadia wamamaye mu myidagaduro nka Shaddyboo, yasomanye n’umusore bakundana biratinda nyuma y’uko basoje umwaka bari mu rukundo rutazira akangononwa mu bantu.
Bigaragara ko yari...