spot_img

Nyuma y’igihe kitari gito  Abahanzi b’abanyarwandakazi bazwi nka chary na NINA batagaragara muruhando rwa muzika  kandi bikaba byaramenyekanye ko batakibarizwa mugihugu cy’u Rwanda nyuma yo guhungira mumahanga

haje kumenyekana abandi bakobwa babiri  bafite impano Zidasanzwe yo kuririmba ndetse no kwandika indirimbo zuje ubuhanga ndetse zifite n’injyana inogeye amatwi  cyane ko  akarusho kabo ari uko bo babasha kwiyandikira ndetse bakanaririmba

Aba bakobwa bashya muri muzika nyarwanda bamenyekanye cyane kumazina nka  Necky & Anita kiku  ndetse bakaba baherutse gusohora indirimbo nshyashya  iri guca ibintu hano hanze Dore ko amaze kurebwa n’abarenga ibihumbi

Aba bakobwa baganiriye n’ikinyamakuru amakurumashya.rw batubwira ko bafite gahunda yo guhindura imiririmbire ya hano mu Rwanda bakayigeza kuri mpuzamahanga kubera ko byagaragaye ko indirimbo z’abanyarwanda zumvwa z’abanyarwanda gusa,  Kandi ko ibyo bitaba bihagije

Indirimbo y’aba bakwo Anita kiku na Necky bayise  “amarangamutima” ni indirimbo nziza ukoranye ubuhanga ndetse yanditse neza Dore ko benshi bamaze kuyikunda  babigaragaza muri comment bavuga ko iri kubakora kumutima

REBA INDIRIMBO

 

Check out other tags:

Most Popular Articles